skol
fortebet

Rihanna yaguze inzu y’agatangaza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 06, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Rihanna yaguze inzu iherereye i Hollywood muri leta zunze ubumwe z’Amerika.

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Robyn Rihanna Fenty uzwi nka Rihanna mu muziki ku myaka ye 30 yaguze ihagaze akayabo ka millioni 7,4 amadorali akabakaba miliyali zirindwi uyashyize mu mafranga y’u Rwanda.

Inzu Rihanna yaguze iri kubuso bungana na metero kare 700m², ifite ibyumba 10 n’ubwogero 10, ifitemo icyumba kinini cyo kureberamo Sinema, icyumba cyo gukoreramo imyitozo, Pisine, nibindi byinshi nkenerwa mu nzu z’abaherwe.

REBA AMAFOTO:








Ibitekerezo

  • Ubu se kweli iyi yawe niyo. Yaguze cyangwa yagurishije. Check Purepeople

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa