skol
fortebet

Rihanna yongeye gusaza abagabo kubera amafoto yashyize hanze yambaye utwenda tw’imbere [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 09, Dec 2018

Sponsored Ad

Umuhanzikazi Rihanna yongeye guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru bitandukanye kubera amafoto yashyize hanze yamamaza utwenda tw’imbere asigaye akora yise Savage X.

Sponsored Ad

Rihanna usanzwe azwiho guca igikuba mu myambarire,yashyize hanze amafoto menshi yambaye ubwoko bunyuranye bw’utu twenda tugaragaza imyanya y’ibanga ya bamwe mu batwambara.

Uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo nka Man Down,We found Love,Umbrella n’izindi,amaze iminsi atavugwa mu rukundo nyuma yo gutandukana n’umuherwe w’umwarabu bari bamaze umwaka bakundana.

Rihanna asigaye ahugiye mu bucuruzi bw’imyenda ndetse n’imibavu aho yifuza kugurisha cyane utu twenda tw’imbere twa Savage X.







Ibitekerezo

  • BITEYE ISESEME

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa