skol
fortebet

Rudeboy yagize icyo avuga ku mubano we n’umuvandimwe we Mr P baririmbanaga muri P-Square

Yanditswe: Saturday 20, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Yavuze ko kuri ubu basabana bisanzwe.

Sponsored Ad

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane nibwo Umuhanzi Rudeboy yasesekaye I Kigali aho yaraje mu gitaramo cyo gutanga ibihembo ku bakinnyi ba cinema batuye mu bihugu bitandukanye birimo Afurika y’Epfo ,Nigeria ndetse na Ghana.

Mu kiganiro n’abanyamakuru Rudeboys yabajijwe ku mubano we n’umuvandimwe we Mr P bahoze baririmbana muri P-Square maze asubizako basabana bisanzwe.

Yagize ati ” Ati wowe nta bavandimwe ugira? Umuryango wawe wawanga burundu? Wapfa kubibwira buri wese ko mutabanye neza? Biriya ni ibibazo by’umuryango nta n’ubwo njya nifuza ko hari undi ubyinjiramo, gusa sinabanga turasabana bisanzwe.”

Yakomeje avuga ko ibibazo bye n’umuvandimwe we ari iby’umuryango bidakwiye kujya hanze cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa