skol
fortebet

Sandrine Isheja yatangaje umubare w’abana azabyara

Yanditswe: Sunday 07, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Sandrine yatangaje ko atagomba kurenza abana 3 gusa ngo ntawe biriya siwe ubigena ngo birashoboka ko barenga ariko kugiti cye yifuza abo.

Sponsored Ad

Hashize igihe kitari gito Umunyamakuru ndetse akaba n’umushyushyarugamba ariwe Butera Sandrineisheja ashakanye byemewe n’amategeko na Peter Kagame. aho basezeranye kuzabana akaramata .

Mu kiganiro kizwi nka 0ne k show gihita kurubuga rwa Youtube uyu munyamakurukazi yavuze umubare w’abana atagomba kurenza. Aho yavuze ko yifuza kubyara abana 3 gusa ndetse yongeraho ko bishobora guhinduka kuko atariwe ubigena.

Twakwibutsa ko Sandrine Isheja yasezeranye n’umukunzi we Kagame Peter mu muhango wabereye ku biro by’Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo kuwa 15 Nyakanga 2016. Aho taliki ya 16 Nyakanga 2016 aribwo basezeranye imbere y’Imana bahamya isezerano ryabo ko bazabana akaramata. Aho magingo aya ari umunyamakuru ukunzwe ndetse wakoze kuri Radio zitandukanye zirimo Sarus ,Isango Star magingo aya akaba abarizwa kuri Kiss Fm.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa