skol
fortebet

Senderi yatangaje impamvu ituma adashaka umugore

Yanditswe: Tuesday 02, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Senderi yavuze ko afite uburwayi butuma adashaka umugore gusa ko ari kwivuza mu gihe cya vuba azaba yarakize agashaka umugore.

Sponsored Ad

Senderi International Hits ukunzwe kuvugwaho udushya twinshi ,kuri ubu akaba afatwa nk’umwe mu bahanzi nyarwanda bamaze kwandika izina kubera ibikorwa bye ,mu Kiganiro yagiranye na Radio Rwanda yakomoje ku kintu gituma adashaka umugore kandi amaze gukura bihagije avuga ko arwaye gusa arimo kwivuza.

Yagize ati “ Icyo kibazo ndakizi gusa mu minsi micye maze gukira nzahita mbikora barimo kumvuza[..…] Ndarwaye .”

Yasoje avuga ko uburwayi aribwo byamubujije gushaka umugore gusa ngo namara gukira azahita ashaka umugore ,

Gusa kugera magingo aya ntiharamenyekana uburwayi Senderi arwaye adakora ubukwe ngo ashake umugore ave mu buzima bw’ubusirabateri.

REBA AMASHUSHO ABIVUGA

Ibitekerezo

  • Cyangwa intama yaramukandagiye? hhhhhh pole hit wacu!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa