Sepetu wari inshuti y’akadasohoka na Ali Kiba yatangaje impamvu atigeze ataha ubukwe bwe
Yanditswe: Saturday 05, May 2018
Wema Sepetu yabajijwe impamvu atigeze ajya mu bukwe bwa Ali Kiba asubiza ko ubukwe bwe bwahuriranye n’ ibirori by’ umuvandimwe we kandi wari wagize isabukuru y’amavuko kandi ariwe wari wateguye ibirori.
Wema Sepetu wabaye wakundanye na Ali Kiba igie kinini ndetse bakaza gutandukanye hatamenyekanye impamvu nyamukuru ibitege Taliki ya 26 Mata nibwo Ali Kiba yasezeranye n’ umukunzi we Aminah gusa Sepetu nk’ umwe mu nshuti za Ali Kiba ntiyigeze akandagiza ikirenge mu bukwe bwe , ubwo yaganiraga n’ ikinyamakuru ghafla dukesha iyi nkuru yavuze ko impamvu nyamukuru yamuteye kutabujyamo aruko yari yateguriye ibirori umuvandimwe.
Yagize ati “ Nukuri nanjye byarantunguywe kuko umuvandimwe wanjye yari yagize isabukuru y’amavuko biba ngombwa ko njya kwifatanya nawe , iyi niyo mpamvu nyamukuru yatumye najya mu bukwe bwa Ali Kiba .“
Wema Sepetu ni umwe mu bakobwa bakunzwe mu gihugu cya Tanzania kubera filimr akinda ndetse n’ uburanga bwe mu basore yakundanye nabo harimo Diamond bashwanye amuziza ko atabyara .
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *