skol
fortebet

ShaddyBoo umwe mu babyeyi bo mu Rwanda bakomeje kuvugisha abagabo batari bake ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’amafoto ye[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 20, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

ShaddyBoo nyuma yo gutandukana na Meddy Saleh akomeje kubuza abagabo ibitotsi bitewe n’amafoto agenda ashyira ku mbuga nkoranyambaga.

Sponsored Ad


ShaddyBoo ni umwe mu Banyarwandakazi bakomeje kwigarurira imitima ya benshi harimo n’ibyamamare bitandukanye bigenda biza mu Rwanda,bitewe n’imiterere y’umubiri we ndetse n’amafoto agenda ashyira ku mbuga nkoranyambaga.

Mu kiganiro Shaddy Boo aheruka kugirana n’imwe mu mateleviziyo ya hano mu Rwanda aho bamubazaga kubijyanye n’imyambarire ye itavugwaho rumwe n’abagabo,yatangaje ko ntacyo bimubwiye nubwo abenshi babyita kwiyandarika nk’umubyeyi ufite abana babiri.

Shaddy Boo yakomeje avuga ko ayo mashusho kubwe ntacyo amutwaye kuko atiyambika ubusa ,kandi ko aribyo bihe tugezemo kuko bitunga abatari bake,Arinaho yabwiye umunyamakuru ko hari benshi bitunze bitewe n’uburanga bwabo.

Nyuma yo gukorana ikiganiro na Televiziyo ya hano mu Rwanda,uyu mubyeyi w’abana babiri uzwi nka Shaddy Boo,yakomeje kugenda ashyira nubundi ku mbuga nkoranyambaga amafoto bivugwa ko ari "Too Much" bitewe n’imyambaro aba yambaye,imugaragaza imiterere.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa