skol
fortebet

Sheebah Karungi yatunguye benshi muri Uganda bitewe n’imyambarire yagaragaye yambaye imugaragaza bimwe mu bice bye by’ibanga[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 19, Mar 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Sheeban Karungi uri mu bakunzwe muri Uganda yatunguye benshi bitewe n’imyambarire yagaragaje ubwo yari agiye kurubyiniro.

Sponsored Ad

Mu cyumweru gishize nibwo mu gihugu cya Uganda ahazwi nko muri Serena Hotel hatangiwe ibihembo by’abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2018 mu kiswe HiPipo music awards 2018.

Mu bahawe ibihembo harimo abahanzi bakomeye barimo Passy , Bruce Melody, Bebe Cool ,Diamond ndetse n’abandi gusa icyaje gutungura abantu n’ imyambarire y’umuhanzikazi Sheebah yagaragaye yambaye ubwo yajyaga gufata igihembo cye ku rubyiniro.

Umwambaro ugaragaza neza bimwe mu bice bye by’ibanga birimo ibibero bye ,amabere ndetse n’akenda k’imbere byatangaje benshi bamwe bavuga ko bidakwiye kubona umuhanzikazi nk’uriya w’ikimenywa na bose yambaye muri buriya buryo.

Abandi babinyujije ku nkuta zabo za Instagram babwiye Sheebah ko akwiye kwiyubaha kuko ntawe uzamwubaha atiyubashye, gusa ibi ntacyo yigeze abivugaho kuko yahise aruca ararumira ahubwo ashimira buri muntu wese wamuhaye amahirwe yo kwegukana ibihembo bibiri birimo icy’indirimbo y’umwaka muri Uganda ‘Kisasi Kimu ndetse n’icy’umuhanzikazi mwiza muri Uganda.

Ibitekerezo

  • Uyu siwe wavuze ukuntu abagabo bamuterese , mbere yo kumuha service yashakaga bakabanza kumusaba ko basambana ra!!

    None se abagabo akeka ko nta santiments bagira!!? None se si ibiremwa muntu bifite ibyiyumvo baremanwe!!? Erega burya iyo wambariye abagabo ubusa hari benshi bahungabana kereka abarwayi cg Aho inkoni itakigira ubukana.

    Niba wambaye ubusa uséduisant umugabo nyuma akakwaka ibintu nawe ntiwagombye gutabaza ngo abagabo abagabo!! Ahubwo wagakwiye no guhanwa kuko uba ushaka kugwisha abagabo mu cyaha cyo kubabwira ko wabaha ruskwa y’igitsina da!!!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa