skol
fortebet

Supersexy wamamaye kubera kuzunguza ikibuno,yagiriye inama abakobwa biyambika ubusa

Yanditswe: Wednesday 14, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Supersexy yabwiye abanyarwandazi bashyira hanze amafoto yabo bambaye ubusa ko bakwiye kubikorana intego aho kubikora ngo babe bamenyekane gusa
Hyacinthe Weber wamampaye ku kabyiniro ka Supersexy akaba ari umunyarwandakazi utuye muri Uganda ubwo yaganiraga n’ Itangazamakuru ryo mu Rwanda yavuze ko uko abantu bamufata atariko ari ndetse ari umugore ufite indangagaciro Nyarwanda.
Yagize ati “Ndagira ngo mbabwire n’ababikora bambi, mubikorane intego. Wibikora ngo uprofite kuba uri umusitari ngo (...)

Sponsored Ad

Supersexy yabwiye abanyarwandazi bashyira hanze amafoto yabo bambaye ubusa ko bakwiye kubikorana intego aho kubikora ngo babe bamenyekane gusa

Hyacinthe Weber wamampaye ku kabyiniro ka Supersexy akaba ari umunyarwandakazi utuye muri Uganda ubwo yaganiraga n’ Itangazamakuru ryo mu Rwanda yavuze ko uko abantu bamufata atariko ari ndetse ari umugore ufite indangagaciro Nyarwanda.

Yagize ati “Ndagira ngo mbabwire n’ababikora bambi, mubikorane intego. Wibikora ngo uprofite kuba uri umusitari ngo ukore ibyo ushaka...Niba ukoze show bakakwishyura ibihumbi 300 ngo byose uragura Champagne ngo werekane ko wanyweye. Uyu munsi urakodesha ariko ejo uzayabura, gerageza gusavinga wubake akazu kawe, utegure ejo hazaza you never know uwo turi we uyu munsi ntabwo ari we tuzaba turi ejo. Hari abana benshi barimo kuzamuka, hari ibindi bizakundwa kurusha Instagram.."

Supersexy abajijwe uko umugabo we amufata mu gihe amubonye amashusho ashyira kuri Instagram yasubije ko umugabo we ari we mufana wa mbere .

Yagize ati " Umugabo wanjye ni umufana wanjye wa mbere agira ndetse n’uwo ari we wese wavuga ko atamukunda umugabo we ahita yanga cyane uwo muntu. Ikindi yishimira ni uko Mama we umubyara amwumva cyane akanamwizera nk’uko umugabo we amwizera kuko aba azi neza ko iyo ari ku kintu nta kindi ajyamo atajarajara ."

Yasoje asaba abakoresha imbuga nkoranyambaga ko bazikoresha neza mu buryo butabatesha agaciro ndetse ndetse bikabahesha isura mbi aho baturuka , niba banazibyaza amafaranga yabasabye ko bamenya kwiteganyiriza bakubaka ejo habo hazaza.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa