skol
fortebet

Sylvie yatunguye abitabiriye PGGSS 8 mu mbyino zidasanzwe ndetse n’imyenda igaragaza imiterere y’umubiri we [AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 15, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Sylvie yaraye atunguye abantu bitabiriye igitaramo cyo gutanga igihembo ku muhanzi ukunzwe kurusha abandi mu Rwanda mu mbyino zidasanzwe ndetse n’imyenda igaragaza imiterere y’umubiri we mu mwenda umwegereye cyane.

Sponsored Ad

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Nyakanga 2018 , nibwo habaye igitaramo gisoza irushanwa rya PGGSS 8 aho cyegukanwe n’umuhanzi Bruce Melody , nyuma yuko iki gitaramo kirangiye hakurikiyeho kwishimira itsinzi aho Mc Buryohe ndetse na Sylvie bafatanya gushyushya abantu batunguranye babyina gusa benshi batungura n’imyambarire yuyu mukobwa wavuzweho kugira imiterere ishotorana .


Mu mwambaro umwegereye ndetse ushushanya bimwe mu bice bye by’umubiri Sylvie yirekuye ku rubyiniro maze ashimisha abantu akaraga umubyimba aho bamwe bemeje badashidikanya ko uyu mukobwa ari umwe mu bazi kubyinisha igihimba cye .

REBA AMAFOTO:




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa