skol
fortebet

Tanasha yakuye agakomo ku kaboko k’umwana yabyaranye na Diamond avuga ko adashobora kugurisha roho y’umwana we kwa Satani[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 06, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Tanasha Donna yakuyeho agakomo k’igikundiro k’umukara kari kaboshye ku kuboko kw’ibumoso k’umuhungu we kugira ngo ’amurinde amaso y’ikibi. Ako gakomo k’umukara kavuzweho byinshi nyuma y’ifoto ya Naseeb Junior yasakajwe ku murongo n’abantu benshi bavuga ko gafitanye isano n’ubupfumu.

Sponsored Ad

Mu mafoto aheruka ya Diamond Platnumz n’umuhungu wa Tanasha byagaragaye ko ka gakomo katakiri ku kuboko. Ibihuha byakomeje kuvugwa ko umuryango wa Diamond washakaga kumutangiza mu bucuruzi bw’imyuka mibi ariko Tanasha arabyanga.

Naseeb yambaye agakomo k’umukara kamurinda imyuka mibi

Muri imwe mu nyandiko ze, nyina w’uyu mwana yavuze ko adashobora kugurisha roho y’umwana we kwa satani, asiga benshi bafite ibibazo byinshi kuruta ibisubizo.

Yanditse abicishije kuri Instagram y’umwana we,ati: "Sinzigera ngurisha ubugingo bwanjye…".Aha akaba yabivuze mu izina rya Naseeb.

Naseeb Mama we yamukuyemo agakomo yahawe n’umuryango wa Diamond

Ubu umubyeyi urera abana yahinduye bio ya Instagram, impinduka zikomeye zashimishije benshi ni igice cy ’Imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa