skol
fortebet

The Ben aricuza amakosa yakoreye umukobwa bakundanaga mu myaka itanu ishize (AMAFOTO)

Yanditswe: Thursday 15, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Ni bake bafite icyo bazi ku rukundo rw’umuhanzi The Ben ,ariko nyamara ubwo aheruka muri Afurika y’ Epfo mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradio yaho yagize icyo atangaza ku rukundo rwe no ku rugendo rwe muri muzika. Mu kiganiro kirekire yagiranye na “Transafrica Radio” yagarutse kuri byinshi ku muziki we ndetse no ku buzima bwe bwite. abajijwe niba adateganya gukorana indirimbo n’abahanzi bakomeye muri USA yasubije agira ati”Ndi mushya ku isoko rya muzika yo muri Afurika. Niyo mpamvu nshaka (...)

Sponsored Ad

Ni bake bafite icyo bazi ku rukundo rw’umuhanzi The Ben ,ariko nyamara ubwo aheruka muri Afurika y’ Epfo mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradio yaho yagize icyo atangaza ku rukundo rwe no ku rugendo rwe muri muzika.

Mu kiganiro kirekire yagiranye na “Transafrica Radio” yagarutse kuri byinshi ku muziki we ndetse no ku buzima bwe bwite. abajijwe niba adateganya gukorana indirimbo n’abahanzi bakomeye muri USA yasubije agira ati”Ndi mushya ku isoko rya muzika yo muri Afurika. Niyo mpamvu nshaka gukora cyane. Ntabwo nakorana indirimbo na Jay Z cyangwa bariya baririmbyi bandi bo muri Amerika ubungubu.

Mbere na mbere ndashaka kwandika izina muri Afurika, nkagira abafana benshi ibindi (byo gukorana n’Abanyamerika) nkazabitekerezaho nyuma. Mu myaka itanu iri imbere ndashaka kuzaba ndi umwami (wa muzika ya Afurika) mbese meze nka Wiz Kid uko ameze ubu “

Umunyamakuru wa Transafrica kandi yabajije The Ben ku bijyanye n’urukundo rwe maze The Ben amusubiza amubwira ko ari ingaragu ubu ariko ngo yahoze mu rukundo n’umukobwa bamaranye imyaka itanu nyuma baza gutandukana,ubu ngo akaba ari gusoza urugendo rwo kumwiyibagiza kandi akirinda kugira undi mukobwa yatereta …..yongeraho kandi ko yakoze amakosa yateye uwo mukobwa kugenda bityo ngo niba amwumva yamugarukira kuko ibyo yakoze ngo ntabwo bizasubira.

Ibitekerezo

  • komerezaho the ben tukurinyuma knd imana igushoboze numukunzi uzamubona mwiza umeze nkuwo wari ufite knd ujyewubaha imana niyo ijyena byose

    god bless you brother Ben

    Ben kora kora mzee maze nano ba wizz niho bahereye but wakorana nano byibuza one collaboration

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa