skol
fortebet

‘The Ben ni umwami w’abami’- Bull Dogg

Yanditswe: Sunday 01, Jan 2017

Sponsored Ad

Kuri iki cyumweru tariki 1 Mutarama 2016 umuhanzi The Ben yakoreye mu Rwanda igitaramo cy’amateka, uyu muhanzi niwe watumiwe mu gitaramo ngarukamwaka cya East African Party, aho yashimije abantu mu ngunzi zose z’Igihugu.
Mu masaha agera kuri abiri uyu muhanzi yaririmbye yagezeho yifashisha na bamwe mu bahanzi Nyarwanda bakunzwe. Igitaramo kigeze hagati The Ben yahamagaye Bull Dogg baririmbana indirimbo yitwa ‘Imfubyi’.
Ni indirimbo yakanyujijeho mu minsi yashyize yishimiwe ku rwego rukomeye (...)

Sponsored Ad

Kuri iki cyumweru tariki 1 Mutarama 2016 umuhanzi The Ben yakoreye mu Rwanda igitaramo cy’amateka, uyu muhanzi niwe watumiwe mu gitaramo ngarukamwaka cya East African Party, aho yashimije abantu mu ngunzi zose z’Igihugu.

Mu masaha agera kuri abiri uyu muhanzi yaririmbye yagezeho yifashisha na bamwe mu bahanzi Nyarwanda bakunzwe. Igitaramo kigeze hagati The Ben yahamagaye Bull Dogg baririmbana indirimbo yitwa ‘Imfubyi’.

Ni indirimbo yakanyujijeho mu minsi yashyize yishimiwe ku rwego rukomeye cyane ndetse bamwe mu bafana bamufashije kuyiririmba. Yazamuye ubushyuhe mu bakunda umuziki wa Hip Hop by’umwihariko abakunda imyandikire y’indirimbo za Bull Dogg.

The Ben yashimye bikomeye Bull Dogg na Green P

Bull Dogg amaze kuririmbana na The Ben yafashe ijambo aravuga ati “The Ben ni umwami w’abami, tumugiriyeho amahirwe kugera hano biba bigoye cyane, umwaka mushya…”

The Ben kandi yanafatanyije na Green P murumuna we mu ndirimbo ‘Kwicuma’ arangije avuga ko Green P na Bull Dogg ari abami ba Hip Hop mu Rwanda.

AMAFOTO:




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa