skol
fortebet

Tiffah wizihije isabukuru y’amavuko yabwiwe amagambo atagira uko asa n’ababyeyi be"Diamond na Zari"(AMAFOTO)

Yanditswe: Sunday 06, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Kuri uyu wa wa 6 Kanama 2017 nibwo Tiffah Dangote imfura ya Diamond na Zari yizihizaga isabukuru y’imyaka 2 y’amavuko, kuri uyu munsi udasanzwe Diamond n’umugore we Zari bateruye maze babwira umwana wabo amagambo yuje inama ndetse banamuragiza Imana.
Zari Hassan wabyaye Tiffah ku mbyaro ye kane kuko yari asanzwe afite abandi bana batatu yabyaranye na Ivan Ssemwana yifurije umwana we isabukuru nziza.
Yagize "Gikomangoma cyanjye Imana ikwiragirire kandi ikugwizeho ibyiza gusa. Imana iguhe (...)

Sponsored Ad

Kuri uyu wa wa 6 Kanama 2017 nibwo Tiffah Dangote imfura ya Diamond na Zari yizihizaga isabukuru y’imyaka 2 y’amavuko, kuri uyu munsi udasanzwe Diamond n’umugore we Zari bateruye maze babwira umwana wabo amagambo yuje inama ndetse banamuragiza Imana.

Zari Hassan wabyaye Tiffah ku mbyaro ye kane kuko yari asanzwe afite abandi bana batatu yabyaranye na Ivan Ssemwana yifurije umwana we isabukuru nziza.

Yagize "Gikomangoma cyanjye Imana ikwiragirire kandi ikugwizeho ibyiza gusa. Imana iguhe umugisha kuri uyu munsi mukuru wawe kandi igukuze ujya mbere. Mu bihe byose uzabe umwana ubereye Imana, kuko nta Mana ntacyo tuba turi cyo.Umunsi mukuru mwiza w’amavuko.”

Ku rundi ruhande Diamond Platnumz umugabo wa Zari nawe ntiyaripfanye kuko abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yifurife imfura ye isaburu nziza avuga ko atabona amagambo yabivugamo ngo uriya mwana yumve ukuntu amukunda.

Yagize ati”Isabukuru nziza mwana wanjye, amagambo ntiyasobanura neza uko ngukunda.”

Tiffah Dangote akaba yujuje isabukuru y’imyaka 2, uyu mwana akaba yijihije iyi sabukuru aho amaze kubona umuvandi mwe.

Reba Amafoto atandukanye y’abana ba Zari uko ari batanu:





Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa