skol
fortebet

Uko isabukuru y’umukunzi wa Savio yizihijwe n’impano yamugeneye-AMAFOTO

Yanditswe: Monday 16, Oct 2017

Sponsored Ad

Kuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo umukunzi wa Nshuti Savio, Umutesi Tracy yizihizaga isabukuru y’amavuko, ibyishimo by’ikirenga byiyongereye ubwo uyu mukinnyi yamuhaga impano.
Nyuma yo kumufasha gukata umutsima wari wanditse amazina ye ‘Isabukuru Nziza Umutesi Tracy’, Savio akaba yahise amushyikiriza impano yari yamugeneye y’Ishusho iriho igishushanyo cye cyangwa se ifoto ye.
Nshuti Dominique Savio aherutse kwerekeza mu ikipe ya AS Kigali ahawe akayabo ka miliyoni 16 z’amafaranga y’u (...)

Sponsored Ad

Kuwa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo umukunzi wa Nshuti Savio, Umutesi Tracy yizihizaga isabukuru y’amavuko, ibyishimo by’ikirenga byiyongereye ubwo uyu mukinnyi yamuhaga impano.

Nyuma yo kumufasha gukata umutsima wari wanditse amazina ye ‘Isabukuru Nziza Umutesi Tracy’, Savio akaba yahise amushyikiriza impano yari yamugeneye y’Ishusho iriho igishushanyo cye cyangwa se ifoto ye.

Nshuti Dominique Savio aherutse kwerekeza mu ikipe ya AS Kigali ahawe akayabo ka miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda , ari mu rukundo rw’igihe kirekire n’umukobwa witwa Umutesi Tricia wamamaye nka Tracy.

Uyu musore wamaze kwerekeza mu ikipe ya AS Kigali avuye muri Rayon Sports yubakiyemo izina bikomeye, ni umwe mu bakinnyi bakunzwe n’abakunzi ba Ruhago mu Rwanda kubera impano afite yaba mu gucenga no gutsinda ibitego.

Savio yamugeneye impano
Savio w’imyaka 20 y’amavuko, yandikishije amateka ubwo yatangarwaho akayabo ava mu ikipe imwe ajya mu yindi hano imbere mu gihugu akuraho aka Bizimana Djihad na Usengimana Faustin bahawe miliyoni 10 bava muri Rayon Sports bajya muri APR FC.

Ibitekerezo

  • sh muradutuburiye kbsa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa