skol
fortebet

Umugabo w’imyaka 45 y’amavuko yataye umuryango we ajya munsi y’ibuye [ AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 08, May 2018

Sponsored Ad

skol

Mayenzeke Shiyani w’ imyaka 45 yataye umuryango we ajya kwibera munsi y’ ibuye kubera ko inzu zihenze.

Sponsored Ad

Umugabo wo mu gihugu cya Afurika y’ epfo ufite imyaka igera kuri 45, ngo abantu batari bake bakururwa no kuza kureba ahantu atuye. Mayenzeke Shiyani akaba amaze igihe y’irarira mu myobo igaragara mu nkuta bitangaza abatari bake mu kwiyumvisha uburyo uyu mugabo ya vuye iwe agahitimo kujya arara ku umuhanda.

Gusa Mayenzeke Shiyani, yirengagije abo yasize mu muryango we, harimo na nyina umubyara ndetse n’abakobwa be babiri, ngo iyabyutse atangira guhiga icyatuma aramuka. Mubijya bimutunga kandi ngo akumva umubiriwe umerewe neza harimo ikizwi nka Jungle Oat ikize kuri vitamine B1, igikoma (Morvite), n’ibindi binyampeke(weetbix), bimufasha mu kubungabunga ubuzima bwe.

Uyu mugabo nubwo aba muri uyu mwobo, ngo ajya afata umwanya akumva radiyo, dore ko ari kimwe mubimufasha cyane.

Yagize ati ’’ Hagati ya saa 2 z’ igicamunsi kugera saa 6z’ umugoroba, njya kuvoma amazi yo gusukura indaro yanjye [aho aryamama].’’

Umukuru wa Police muri Johannesburg ariwe Captain Xoli Mbele, avugako hari abantu benshi barara ahegereye sitasiyo akorera, gusa ngo uyu mugabo ntakunda ku bonwa n’abantu benshi bitewe n’ahantu aba, dore hihishe cyane keretse usanze ari kumva radiyo cyangwa ari gusukura aho aryama.

Abamuzi neza bavuka ko impamvu nyamukuru yamuteye kuba yiryamira munsi y’ ibuye aruko inzu zo muri uyu mujyi wa Afurika yepfo zihenze ugereranyije n’ umushahara ahembwa .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa