skol
fortebet

Umugabo yatanze miliyoni 8 Rwf ngo bamuhindure nk’umugore-AMAFOTO

Yanditswe: Friday 30, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Letoya Johnstone yatanze amashiringi ya Kenya angana n’ amafaranga y’ u Rwanda ( 8,459,286 RWF ) kugira ngo ase n’abagore.
Letoya Johnstone umugabo ukomoka muri Kenya yatangaje agahinda gakubiyemo ibibazo birimo mu gihe abanyamakuru bagenzi be bamusebyaga ko adakurura abantu kubera isura ye mbi ndetse ko agaragara nabi ,byatumye afata icyemezo cyo gutanga miliyoni y’amashiringi ya Kenya mu rwego rwo kwihinduza umubiri we agasa nk’abagore kugira ngo agaragare neza.
Mu kiganiro yagiranye na (...)

Sponsored Ad

Letoya Johnstone yatanze amashiringi ya Kenya angana n’ amafaranga y’ u Rwanda ( 8,459,286 RWF ) kugira ngo ase n’abagore.

Letoya Johnstone umugabo ukomoka muri Kenya yatangaje agahinda gakubiyemo ibibazo birimo mu gihe abanyamakuru bagenzi be bamusebyaga ko adakurura abantu kubera isura ye mbi ndetse ko agaragara nabi ,byatumye afata icyemezo cyo gutanga miliyoni y’amashiringi ya Kenya mu rwego rwo kwihinduza umubiri we agasa nk’abagore kugira ngo agaragare neza.

Mu kiganiro yagiranye na tuko.co.ke dukesha iyi nkuru yavuze ko ibyo kwihinduza agasa nk’abagore yabitangaje mbere yuko abikora mu kiganiro yatumiwemo kuri radio Kiss ko azihinduka kubera ko ari mubi bkunze agasa neza n’umukinnyi wa filime Michael Scorfield wagaragaye muri filime ya Prison Break.

Yagize ati “Navuze ko nzihinduza umugore nkasa na Michael Scorfield wakinnye muri Prison Break , nziko abantu bakunda ibitandukanye , nshbora kuba ntari mwiza gusa ntibisobanuye ko nabura kuba mwiza ,ntimunyumve nabi kandi nabwo nabikoze kugirango nkurure buri umwe , ubu ndi umwamikazi mu bwami bwanjye".

Yakomeje yongera ho ko akirimo kwitabwaho n’abaganga b’ inzobere mubijyanye guhindura abantu kugirango agere ku nzozi ze zo gusa nk’abagore mu rwego rwo kwamagana amakuru avugwa hirya no hino mu gihugu cya Kenya ko umugabo mubi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa