skol
fortebet

Umugabo yiyahuye nyuma y’uko umugore amwibye amafaranga akayinezezamo n’undi Mugabo

Yanditswe: Wednesday 04, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Mu gihugu cy’ Ubugande haravugwa inkuru y’ umugabo witwa Kimuli Joseph wiyahuye kuri uyu wa Kabiri taliki ya 3 Mata 2018,kubera ko umugore we yamwibye amafaranga akajya kuyinezezamo n’undi mugabo bakundana mu ibanga.
Mbere y’uko uyu mugabo yitaba Imana yandikiye umugore we ibaruwa amubwira ko nacyo atakoze kugira ngo amuhe buri kimwe cyose ashaka gusa we agahitamo kumubabaza ndetse no ku muca inyuma akajya mu abandi bagabo . Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Ugbliz nticyatangaje umubare (...)

Sponsored Ad

Mu gihugu cy’ Ubugande haravugwa inkuru y’ umugabo witwa Kimuli Joseph wiyahuye kuri uyu wa Kabiri taliki ya 3 Mata 2018,kubera ko umugore we yamwibye amafaranga akajya kuyinezezamo n’undi mugabo bakundana mu ibanga.

Mbere y’uko uyu mugabo yitaba Imana yandikiye umugore we ibaruwa amubwira ko nacyo atakoze kugira ngo amuhe buri kimwe cyose ashaka gusa we agahitamo kumubabaza ndetse no ku muca inyuma akajya mu abandi bagabo .

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Ugbliz nticyatangaje umubare w’amafaranga uyu mugore yamwibye ndetse n’agaciro k’ ibikoresho yatwaye, gusa iki kinyamakuru gikomeza kivugako uyu Umugore yamwibye amafaranga mu gihe umugabo yarafite akazi hanze y’ igihugu, gusa umugabo ubwo yagarukaga mu rugo yasanze inzu nta kintu kirimo ahamagaye telefone gendanwa y’ umugore ,asanga yavuyeho niko guhita afata umwanzuro wo kwiyahura.

Umugabo yagize ati” Reka njyewe mpfe wowe usigare ku isi wishimisha ,gusa ndakumenyesha ko mpfuye kubera wowe gusa wanyangishije buri kimwe “

Umugabo yafashe umwanzuro wo kwiyahura abaturanyi be bategereje ko umugabo asohoka munzu baraheba niko kwica urugi kugirango barebe uri mu nzu ,niko gusangamo umurambo w’ umugabo aryamye hasi bahita bajya kumushyingura .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa