skol
fortebet

Umugore bivugwa ko yasambanye na Minisitiri Musoni bakabyara umwana ari mu mafoto arimo kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga

Yanditswe: Monday 19, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga za interineti turasangamo amafoto agaragaza umugore watwawe na Minisitiri Musoni , Couples zakanyujijeho muri 2009 , amafoto yaciye ibintu kuri instagram ndetse n’ ayandi.
Kuri uyu wa 18 Werurwe 2018 nibwo hatangaje inkuru ivuga ko Minisitiri w’ ibikorwaremezo mu Rwanda Hon. James Musoni yagiranye umubano wihariye n’ umugore wa Rtd. Capt. Safari Patrick bakabyarana umwana, nyir’ urugo akavuga ko byagize ingaruka ku rugo rwe zirimo kuba yaratandukanye n’ umugore (...)

Sponsored Ad

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga za interineti turasangamo amafoto agaragaza umugore watwawe na Minisitiri Musoni , Couples zakanyujijeho muri 2009 , amafoto yaciye ibintu kuri instagram ndetse n’ ayandi.

Kuri uyu wa 18 Werurwe 2018 nibwo hatangaje inkuru ivuga ko Minisitiri w’ ibikorwaremezo mu Rwanda Hon. James Musoni yagiranye umubano wihariye n’ umugore wa Rtd. Capt. Safari Patrick bakabyarana umwana, nyir’ urugo akavuga ko byagize ingaruka ku rugo rwe zirimo kuba yaratandukanye n’ umugore we n’ igihombo cy’ amafaranga.

Igihe cyatangaje iyi nkuru kivuga ko cyagerageje kuvugisha uyu mugore Kayitesi na Minisitiri Musoni iminsi itanu igashira batashobora kubavugisha kuko batigeze bitaba terefone zabo ngendanwa. Iyi nkuru ikimara gutangazwa ku mbugankoranya mbaga hatangiye gukwirakwizwa amafoto y’ umugore bigaragara ko yafotowe mu bihe bitandukanye bivugwa ko ari aya Kayitetsi.

Aya mafoto yakuwe ku rubuga rwa Instagram rwa Kayitesi. Bamwe mu bagize icyo bavuga kuri aya mafoto batangaje ko uyu mugore byashoboka ko asanzwe adafite imyitwarire myiza kuko hari amafoto yagiye ashyira ahagaragara yambaye mu buryo budasanzwe n’ aho agaragara arimo gusomana n’ umusore utaratangajwe amazina.



















Dore amwe mu mafoto agaraza ama couples yo mu Rwanda yagiye avugwa cyane mu Rwanda kubera urukundo bakundanaga.



Mu gihugu cya Kenya umugabo yashatse abagore 2 icyarimwe .


Dore amafoto atandukanye yagiye ashyirwa kuri instagram akavugisha abantu bayabonye.









Zodwa Wabantu yafashe amashusho y’ indirimbo ye aho yagaragaye yambaye ubusa.



Miss Bahati Grace yashyize hanze amafoto agaragaza yambaye ikariso ndetse n’ isutiya.

Ibitekerezo

  • Amafaranga ni iki adakora? ministri akirirwa mu busambanyi ku mafaranga yavuye mu misoro y’abaturage! Hari n’abandi benshi si Musoni gusa. Bamukanire urumukwiye kandi yishyure uriya Safari ibyo yahombye byose.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa