skol
fortebet

Umugore wa Safi yibukijwe kwambara nk’ abagore bubatse

Yanditswe: Wednesday 28, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Judith yibukijwe kwambara nk’abagore bubatse nyuma yo kuza mu gitaramo yambaye umwenda ugaragaza amabere ye.
Niyonizera Judith magingo aya ubana na Safi Madina nk’ umugabo n’ umugore yaje mu gitaramo yambaye umwenda ugaragaza igituza cye hanze mu mwambaro ugaragaza imiterere y’amabere ye ababonye aya mafoto bamwibutsa kujya yiyubaha akamyenya ko ari umugore wubatse atakiri inkumi.
Yagize ati “ Yudita we nibakureke ariko wige kwambara nk’ umuntu wubatse wibukeko wateye indi ntambwe sinzi rero (...)

Sponsored Ad

Judith yibukijwe kwambara nk’abagore bubatse nyuma yo kuza mu gitaramo yambaye umwenda ugaragaza amabere ye.

Niyonizera Judith magingo aya ubana na Safi Madina nk’ umugabo n’ umugore yaje mu gitaramo yambaye umwenda ugaragaza igituza cye hanze mu mwambaro ugaragaza imiterere y’amabere ye ababonye aya mafoto bamwibutsa kujya yiyubaha akamyenya ko ari umugore wubatse atakiri inkumi.

Yagize ati “ Yudita we nibakureke ariko wige kwambara nk’ umuntu wubatse wibukeko wateye indi ntambwe sinzi rero nibugishakako harabandi bakureba kandi Safi yarabirangije?”

Mu bindi bitekerezo bitandukanye bamwe bamubwiraga ko afite amabere meza ,mu gihe abandi bamubwiraga kugabanya ibirungo yisiga kubera ko bituma atakaza uburanga bwe bw’ umwimerere Imana yamuhanye .

Ati “Mbega utu bere twiza , undi nawe Ati “Njye mbona ari mwiza Ariko nakimakiye bimugira kecurine”

Twakwibutsa ko Judith kuri ubu ari mu Rwanda aho yaje gusurua umutware we Safi Madiba.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa