skol
fortebet

Umuhanzi Emmy yakoranye indirimbo na Pricillah“ Wabaga he” Ikaba iribujye ahagaragara uyu munsi

Yanditswe: Saturday 15, Apr 2017

Sponsored Ad

Umuhanzi Emmy kurubu ubarizwa muri leta z’unze ubumwe z’Amerika wamenyekanye muri muzika hano mu Rwanda mundirimbo nka Nyumva, Ntunsige, Ntari umuntu, Ibyo bavuga ndetse n’izindi , abinyujije k’urubuga rwe rwa Instagram yatangaje ko umushinga w’indirimbo nshya arigukora na Pricillah nawe wamenyekanye muri muzika ya hano murwanda cyane nka Warandemewe, Ntacyadutanya arikumwe na Meddy, Na na na na , Icyo mbarusha , Nka Paradizo arikumwe na Meddy,ndetse nizindi nyinshi , irajya ahagaragara uyu (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi Emmy kurubu ubarizwa muri leta z’unze ubumwe z’Amerika wamenyekanye muri muzika hano mu Rwanda mundirimbo nka Nyumva, Ntunsige, Ntari umuntu, Ibyo bavuga ndetse n’izindi , abinyujije k’urubuga rwe rwa Instagram yatangaje ko umushinga w’indirimbo nshya arigukora na Pricillah nawe wamenyekanye muri muzika ya hano murwanda cyane nka Warandemewe, Ntacyadutanya arikumwe na Meddy, Na na na na , Icyo mbarusha , Nka Paradizo arikumwe na Meddy,ndetse nizindi nyinshi , irajya ahagaragara uyu munsi.

Abinyujije kurubuga rwe rwa Instagram, Umuhanzi Emmy yagaragaje igikorwa amaze iminsi akorana na Princillah ndetse atangaza ko iyi ndirimbo " Wabaga he" Nyuma y’amasaha make iraba yashyizwe ahagaragara.

"Wabaga he" ikaba yakozwe n’icyamamare mugukora muzika Lick Lick ndetse nawe kurubu ubarizwa muri leta z’unze ubumwe z’Amerika.

Umuryango ukaba uribubagezeho iyo ndirimbo nimara kugera ahagaragara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa