skol
fortebet

Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa Filimi wo muri Ghana yatunguranye ashyira hanze amafoto ye yambaye ubusa hose avuga n’impamvu yabimuteye[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 19, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Christabel Ekeh w’imyaka 26 y’amavuko, ni umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filimi mu gihugu cya Ghana, akaba yaramenyekanye cyane mu nzu itunganya umuziki ya Nollywood, muri filimi yiswe Potomanto.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa Christabel Ekeh wavutse ku itariki ya 16/10/1990, aherutse gutungura abantu bikomeye ubwo basuraga urukuta rwe rwa Instagram bakisangiraho amafoto y’urukozasoni gusa (amafoto ye yambaye ubusa buri buri).

Ubwo bamwe mu bamukurikira kuri Instagram babonaga ayo mafoto amaze iminsi mike ashyizweho, bibajije ukuntu Christabel Ekeh yakora ibyo bintu birabayobera, bakibaza ahari ko hari undi muntu wayashyize kuri urwo rukuta rwa Instagram y’uyu mukobwa mu rwego rwo kumusebya no kumuharabika, abandi ariko bagakeka ko bishoboka ko na we yabikora bitewe n’impamvu ze bwite.

Ubwo rero uyu mukobwa yaganiraga n’ikinyamakuru cyo muri Ghana cyitwa "yfmghana", yamaze abantu impungenge bari bafite kuri ayo mafoto yagaragaye ku rukuta rwe rwa Instagram, avugako nyuma y’igihe cyari gishize atumvikana mu itangazamakuru mu bikorwa bitandukanye, na bo nacyo amaso yabo atabereka, ko uwo babona ari Christabel Ekeh wabiyeretse mu ishusho nshya ari na yo ashimangira, bigaragarako ashobora kuba agiye kujya yikorera filimi z’urukozasoni (filime pronographique).

Abantu bakimara kumva amagambo ye baguye mu kantu, ari na ko bakomeza kwibaza byinshi kuri uyu mukobwa no ku bandi bantu bagerageza kumenyekana no kuvugwa babinyujije mu bikorwa bigayitse, nko kuba akenshi hakunze kuvugwa cyane cyane abakobwa bifotoza bambaye ubusa kugirango bavugwe kandi banamenyekane.

Ibitekerezo

  • Niba mwiyemeje kubitangaza namafoto mugomba kuyerekana uko ari.murakoze

    Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Uretse ko nyine bibahesha amafaranga,babyita ngo ni boyfriend/girlfriend.Ntabwo ari byiza kwanika amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe gusa umuntu umwe muzabana biciye mu mategeko.Ikibabaje nuko abasore n’abagabo nyamwinshi baba bashaka kureba abakobwa bambara ubusa.Ntabwo bazi ko imana itubuza gukomeza kureba abakobwa n’abagore,kugirango bitatugusha mu busambanyi.Bisome muli Matayo 5:28.Ni icyaha gukomeza kubareba.Imana ishaka ko twigana YOBU.Ntabwo yitegerezaga abagore (Job 31:1).Abantu bakora ibyo imana yanga,ntabwo bazaba muli paradizo dutegereje.Kandi abantu bakora ibyo imana yanga kubera gushaka kwishimisha no gukira,nibo benshi mu isi.Ntimugashidikanye ko isi izaba Paradizo.Abenshi mwibwira ko bidashoboka.Nubwo ibyo imana yadusezeranije byatinze kuza,birenda kuza.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu gushaka ibyisi gusa,bityo bakazaba muli paradizo.Bisome muli 2 Petero 3:9.Kubera ko abantu banze kumva ibyo imana idusaba,igiye kuzana Imperuka.Hazarokoka abantu bake bayumvira (Imigani 2:21,22).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa