skol
fortebet

Umuhanzikazi nyarwanda Asinah yatunguranye yereka abamukurikira amabere ye

Yanditswe: Sunday 21, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi nyarwanda mu njyana ya Dancehall Mukasine Asinah[Asinah Erra] yadukanye uburyo bushya bwo kwifotoza no kwifata amashusho yambaye imyenda yo kogana akayasakaza ku mbuga nkoranyambaga.

Sponsored Ad

Asinah Erra amaze imyaka ibiri irengaho amezi make yinjiye mu muziki, aririmba mu njyana ya Dancehall na Afrobeat. Mu gihe gito amaze aririmba yagiye asohora indirimbo zacuranzwe ku maradiyo harimo ‘Izubu’, ‘Game Is Over’ afatanyije na Neg G The General, ‘Happy’, ‘Mapenzi’ n’izindi.

Kuva yakwinjira mu muziki kugeza ubu, ni umwe mu bahanzi badasiba mu itangazamakuru, ku mbuga nkoranyambaga akoresha by’umwihariko Instagram na Snapchat akunze gushyiraho amashusho yigaragaza nk’uwasagutswe n’umunezero.

Muri iyi minsi ariko asigaye yibanda cyane mu kwereka abamukurikira kuri Instagram amafoto yambaye bikini ubundi akiyerekana abyinira mu mazi atigisa ibibuno adasize n’amabere.

Kuwa gatanu nibwo uyu mukobwa usigaye waramaramaje dore ko ntakintu nakimwe agitinya kuba yashyira ku karubanda yashyize kurukuta rwe ahantu hasanzwe hanyuzwa ibitekerezo bimara amasaha 24, ari mukabari afite ikirahuri kinzoga ndetse anafatanye n’umugabo bigaragara ko ari umuzungu ku rutugu babyina gakegake.

Gusa icyatunguye abakurikirana uyu mwali nuko byasaga nkaho ntakintu yariyambaye hajuru dore ko byagaragaraga neza ko amebere yose yibereye hanze, nkuko muri video ngufi yashyize kuri Instagram yabigaragaje.

Ibitekerezo

  • None yakora iki kindi ko mbona muri iki gihe kwamamara kw’igitsina gore bisaba kwambara ubusa? Ubwo nyine basanze ariyo karita yo gukina bafite. Biteye agahinda!

    This is bizzare.Ni gute wakwereka amabere isi yose?Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa