skol
fortebet

Umuhanzikazi wo muri Ghana yashyize ahagaragara amafoto ye yambaye ubusa avuga n’ impamvu yabimuteye (AMAFOTO)

Yanditswe: Thursday 13, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Christabel Ekeh w’imyaka 26 y’amavuko, ni umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filimi mu gihugu cya Ghana, akaba yaramenyekanye cyane mu nzu itunganya umuziki ya Nollywood, muri filimi yiswe Potomanto.
Uyu mukobwa Christabel Ekeh wavutse ku itariki ya 16/10/1990, aherutse gutungura abantu bikomeye ubwo basuraga urukuta rwe rwa Instagram bakisangiraho amafoto y’urukozasoni gusa (amafoto ye yambaye ubusa buri buri). Ubwo bamwe mu bamukurikira kuri Instagram babonaga ayo mafoto amaze iminsi mike (...)

Sponsored Ad

Christabel Ekeh w’imyaka 26 y’amavuko, ni umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filimi mu gihugu cya Ghana, akaba yaramenyekanye cyane mu nzu itunganya umuziki ya Nollywood, muri filimi yiswe Potomanto.

Uyu mukobwa Christabel Ekeh wavutse ku itariki ya 16/10/1990, aherutse gutungura abantu bikomeye ubwo basuraga urukuta rwe rwa Instagram bakisangiraho amafoto y’urukozasoni gusa (amafoto ye yambaye ubusa buri buri).

Ubwo bamwe mu bamukurikira kuri Instagram babonaga ayo mafoto amaze iminsi mike ashyizweho, bibajije ukuntu Christabel Ekeh yakora ibyo bintu birabayobera, bakibaza ahari ko hari undi muntu wayashyize kuri urwo rukuta rwa Instagram y’uyu mukobwa mu rwego rwo kumusebya no kumuharabika, abandi ariko bagakeka ko bishoboka ko na we yabikora bitewe n’impamvu ze bwite.

Ubwo rero uyu mukobwa yaganiraga n’ikinyamakuru cyo muri Ghana cyitwa "yfmghana", yamaze abantu impungenge bari bafite kuri ayo mafoto yagaragaye ku rukuta rwe rwa Instagram, avugako nyuma y’igihe cyari gishize atumvikana mu itangazamakuru mu bikorwa bitandukanye, na bo nacyo amaso yabo atabereka, ko uwo babona ari Christabel Ekeh wabiyeretse mu ishusho nshya ari na yo ashimangira, bigaragarako ashobora kuba agiye kujya yikorera filimi z’urukozasoni (filime pronographique).

Abantu bakimara kumva amagambo ye baguye mu kantu, ari na ko bakomeza kwibaza byinshi kuri uyu mukobwa no ku bandi bantu bagerageza kumenyekana no kuvugwa babinyujije mu bikorwa bigayitse, nko kuba akenshi hakunze kuvugwa cyane cyane abakobwa bifotoza bambaye ubusa kugirango bavugwe kandi banamenyekane.

Ibitekerezo

  • none kuki muhisha ibice bye kandi we yifuje ko bijya kukarubanda?????????

    Jya uba ubabwira man biriya bashyiraho sibyo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa