skol
fortebet

Umukinnyi wa Rayon Sports yateye imitoma umukobwa bakundana

Yanditswe: Tuesday 02, Jan 2018

Sponsored Ad

Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi, Yannick Mukunzi yabwiye amagambo meza umukunzi we barambanye mu rukundo ubwo yamwifurizaga isabukuru y’amavuko.
Uyu mukinnyi w’umuhanga mu mupira w’amaguru,yanditse nacyo yishisha yerura ko akunda uyu mukobwa anabyereka abantu bagera ku bihumbi 40 000 bamukurikira kuri konti Instagram.
Yannick mukunzi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Rayon sports y’umutoza Olivier Karekezi yabwiye Iribagiza Joy ko ari iby’ingenzi kuba mu buzima (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports n’ikipe y’igihugu Amavubi, Yannick Mukunzi yabwiye amagambo meza umukunzi we barambanye mu rukundo ubwo yamwifurizaga isabukuru y’amavuko.

Uyu mukinnyi w’umuhanga mu mupira w’amaguru,yanditse nacyo yishisha yerura ko akunda uyu mukobwa anabyereka abantu bagera ku bihumbi 40 000 bamukurikira kuri konti Instagram.

Yannick mukunzi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Rayon sports y’umutoza Olivier Karekezi yabwiye Iribagiza Joy ko ari iby’ingenzi kuba mu buzima burimo we aho yahamije ko azamukunda by’iteka anaboneraho kumwifuriza isabukuru y’amavuko nziza.

Mu magambo yaherekejwe n’ifoto yashyize hanze bari kumucanga , Yannick yagize ati:” Umunsi mwiza w’amavuko ku muntu w’ingenzi mu buzima bwanjye! umunsi wawe w’amavuko unyibutsa uburyo ndi umunyamugisha muri ubu buzima. Ndagukunda cyane mukunzi , Iribagiza Joy.”

Abakurikirana Yannick Mukunzi bamwifurije kuramba mu rukundo no kuryoherwa n’ubuzima bwiza n’umukunzi we maze Iribagiza Joy nawe amusubiza agira ati “Urakoze cyane mukundwa , nanjye ndagukunda cyane.”

Yannick yagaragaje ko akunda uyu mukobwa byeruye

Ibitekerezo

  • Ni byiza ko yamuteye IMITOMA.Ariko ntibizabatangaze ejo namuta,akirongorera undi.Ibyo se nibyo mwita ngo "bari mu rukundo??".Akenshi ibi biba bigamije kwishimisha kwishimisha gusa.Soma inkuru muli iki kinyamakuru,ivuga ukuntu umuhungu wa president Mugabe yateye inda umukobwa mwiza biganaga,yarangiza akamuta. Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe gusa umuntu tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa