skol
fortebet

Umukobwa ugezweho ubu yakagombye kuba afite ubwenge,ikibuno ndetse n’amabere biteye neza –Vera Sidika

Yanditswe: Thursday 03, May 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyamideli Vera Sidika yavuze ko umukobwa kuri ubu ugezweho yakagombye kuba afite Ubwenge ,amabere ndetse n’ikibuno biteye neza atitaye y’uko yaba ubana n’ubumuga bwo kutavuga kuko abagabo bakunda abo bakobwa.

Sponsored Ad


Abitangaje nyuma yuko bamuharabitse ku mbuga nkoranyamabaga bavugako yatanze miriyoni za amshiringi ya Kenya kugirango ajye kwibagisha amabere ndetse n’ ikibuno kugirango ase neza .

Vera Sidika abinyujije kuri Instagram yavuze ko umwari mwiza wiki gihe yagakwiye kuba afite Ubwenge , ikibuno ndetse n’ amabere meza koko nacyo bivuze ku muntu uwari we wese waba wagukunze niyo waba ubana n’ ubumuga bwo kutavuga hari abazakwishimira kubera ubwo buranga ufite .

Otile Brown ubwo aherutse kuganira n’ikinyamakuru ghafla gikorera muri Kenya yavuze ko akunda byimazeyo Vera Sidika kubera uburyo ateye ndetse n’ umutima mwiza yigirira atigeze abonana abandi bakobwa bose ,nyuma yuko aharabitswe ko ikibuno cye ndetse n’amabere afite ari ibikorano yahawe kugirango akundwe Otile yamushyigikiye avuga ko ibyo bamwangira aribyo we amukundira.

Yagize ati” Nkunda uko umukunzi wanjye Sidika ateye kuko bituma mutandukanya n’abandi bakobwa ibyo bavuga ko ikibuno ndetse n’amabere ye ari ibikorano ibyo ntagaciro mbiha kuko ndamukunda cyane .

Sidika yiyongera ku bandi bakobwa barimo Nick Minaj ndetse na Kim Kardashian bavugwaho kuba baratanze akayabo k’amafaranga kugirango bahabwe uburanga burenze ku mubiri wabo aho kuri ubu bamwe bahamya ko kuba barahawe ubwiza birenze ku mubiri wabo aribyo byabagize abo aribo magingo aya .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa