Umukobwa uherutse gutangaza ko igitsina cye ari umutungo rusange yandagaje umuhanzi Bebe Cool ko afite igitsina gito cyane
Yanditswe: Friday 05, Apr 2019
Umukobwa uzwiho kwicuruza muri Uganda witwa Shanita Namuyibwa uzwi cyane nka Bad Black yatangaje ko umuhanzi Bebe Cool afite igitsina gito cyane kitajya gihaguruka ndetse ngo ubwo baheruka gusambana yaramubihirije.
Bad Black uherutse guca ibintu ubwo yatangazaga ko igitsina cye ari umutungo rusange buri mugabo wese afite uburenganzira bwo kumva uburyohe bwacyo,yavuze ko Bebe Cool afite igitsina kigora guhaguruka ndetse ngo ni gito cyane ku buryo kitashimisha umugore.
Uyu Bad Black wahoze akundana na Bebe Cool yavuze ko yamwanze kubera ko igitsina cye ari gito ndetse atari azi gutera akabariro neza.
Bad Black yabwiye abakunze be kuri Snapchat ko nyuma yo kurokoka amasasu bamurasheho,Bebe Cool atongeye kumushimisha mu gihe cyo gutera akabariro ndetse ngo igitsina cye cyangaga guhaguruka iyo babaga bagiye gutera akabariro.
Bad Black yibasiye Bebe Cool nyuma y’aho uyu muhanzi abwiye abanyamakuru ko uyu mukobwa ari indaya ariyo mpamvu asesagura amafaranga yahawe n’abagabo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *