skol
fortebet

Umukobwa umara imbeho Harmonize muri hoteli i Kigali Yamenyekanye –AMAFOTO

Yanditswe: Saturday 24, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Harmonize yatangaje ko yatandukanye na Wolper kuri ubu ari mu rukundo na Sarah bazanye mu gitaramo i Kigali.
Ibi Harmonize yabyemeje kuwa kane taliki ya 22 mu kiganiro n’ Abanyamakuru ubwo yabazwaga ibijyanye n’ urukundo rwe na Wolper bahoze bakundana agasubiza ko batandukanye kuri ubu afite umukobwa bakundana kandi ari hafi ye.
Yagize ati “mfite umukobwa dukundana ari hano hafi “
Abajijwe niba bari kumwe muri hoteli yarasetse avugako bari kumwe yamusize kuri hoteli.
Nyuma yo kuvuga gutya (...)

Sponsored Ad

Harmonize yatangaje ko yatandukanye na Wolper kuri ubu ari mu rukundo na Sarah bazanye mu gitaramo i Kigali.

Ibi Harmonize yabyemeje kuwa kane taliki ya 22 mu kiganiro n’ Abanyamakuru ubwo yabazwaga ibijyanye n’ urukundo rwe na Wolper bahoze bakundana agasubiza ko batandukanye kuri ubu afite umukobwa bakundana kandi ari hafi ye.

Yagize ati “mfite umukobwa dukundana ari hano hafi “

Abajijwe niba bari kumwe muri hoteli yarasetse avugako bari kumwe yamusize kuri hoteli.

Nyuma yo kuvuga gutya mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu nibwo hasohotse amafoto agaragaza Sarah bazanye bicaranye mu ntebe bigaragara ko bari bafite aho bagiye , urukundo rwuyu mukobwa n’ uyu musore byaje kwemezwa neza n’ amakuru batangaje muri Tanzania ko bakundana,

Amwe mu makuru dukesha classic105 Igitangazamakuru cyo muri Tanzania cyavuze ko hari igihe bakunze gushyira hanze amafoto yabo baryamanye , bishimangira ko bakundana by’ ukuri.




Ibitekerezo

  • Ntabwo kubana n’umuntu mugamije kuryamana ari ugukundana.Kuko iyo umuhaze,uramuta ugafata undi.Ndetse rimwe baricana.Muribuka ya Cajoliti yo muli South Africa yishe umukobwa babanaga,amwita girlfriend.Imana itubuza gusambana.
    Nkuko bible ivuga ahantu henshi,ntabwo abasambanyi bazaba mu bwami bw’imana.Iyo bapfuye biba birangiye batazazuka.
    Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ni ukutagira ibitekerezo bizima.
    .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa