skol
fortebet

Umukobwa w’ Indaya yatangaje ko kumunsi nibura aryamana n’ abagabo barenga 30

Yanditswe: Wednesday 21, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Umukobwa w’ Umwongerezakazi Kirie Redfield, ni umugore ufite umugabo akaba akora uburaya, ku munsi aryamana n’abagabo barenga 30, ibi bikaba bitamutera ipfunwe ryo kubitangaza kuko akazi ke ahamya ko kamutunze .
Ibyo Kirie Redfield akora ntabwo abihisha, avuga ko afite abakozi bashinzwe umutungo ndetse ko amafaranga yose yinjije, ayatangaho umusoro wa Leta Uyu mukobwa ubwo yaganiraga n’ igitangazamakuru cya The Mirror gikorera hariya mu Bwongereza akaba yaratangaje ko ibyo akora abikunda (...)

Sponsored Ad

Umukobwa w’ Umwongerezakazi Kirie Redfield, ni umugore ufite umugabo akaba akora uburaya, ku munsi aryamana n’abagabo barenga 30, ibi bikaba bitamutera ipfunwe ryo kubitangaza kuko akazi ke ahamya ko kamutunze .

Ibyo Kirie Redfield akora ntabwo abihisha, avuga ko afite abakozi bashinzwe umutungo ndetse ko amafaranga yose yinjije, ayatangaho umusoro wa Leta
Uyu mukobwa ubwo yaganiraga n’ igitangazamakuru cya The Mirror gikorera hariya mu Bwongereza akaba yaratangaje ko ibyo akora abikunda kandi nabwo ntera ipfunywe nuko naba nkora akazi ko kwicuruza akoresheje umubiri we Imana yamuhaye nubwo hari abamunenga bamubwira ko azandura agakoko gatera sida .

Mukiganiro yakomeje kugirana na The Mirror yongeyeho ko ari umwe mu bihumbi by’abagore b’Abongerezakazi babayeho muri ubu buzima bwo kwigurisha, akaba umwe ushobora kuba yarabashije kwandikisha byemewe n’amategeko akazi akora kuko agatangira imisoro kandi akabikorera ku gihe .
Ikindi wamenya kuri Kirie nuko yavukiye anakurira mu mujyi wa Yorkshire, ubwo yari amaze gusoza amashuli abanza nibwo yatangiye kwiga no kwitoza kuvura nk’umuforomo, ubwo yari mu kigero cy’imyaka 20 ngo nibwo yatangiye kugurisha igitsina cye kubifuza kuryamana nawe kandi bujuje imyaka y’ ubukure .


Aryamana n’ abagabo barengeje imyaka 21

Ati “Nari nzi abantu bagurisha igitsina nijoro nanjye nkahora ntekereza ko nzabikora, naragerageje, ndabikunda mpita mbona ko bishobora kunzanira amafaranga” nyuma Amaze kumenyera akazi yahise ajya mu Budage gukina filimi z’ubusambanyi (Film pornographic), akaba avuga ko iyo yakinnye yabaye iya mbere ku isi. Avuga ko ubusambanyi bwose akora, atajya yifuza kuba yaryamana n’umugabo uri munsi y’imyaka 21 y’ amavuko gusa ngo Mu myaka itandatu ishize nibwo yashakanye n’umugabo wandika indirimbo ngo kuko yari yarakunze ibyo akora.

Ibitekerezo

  • Kuva na kera,gusambana byaranze abagore n’abakobwa millions and milions bashaka kwishimisha no gushaka amafaranga cyangwa akazi.Ariko bibagirwa ko iyo bashaje birangira kuko ubwiza bwabo bushira.Bagapfa,bakajya mu gitaka.Ntabwo batinya imana yaturemye,ikaduha itegeko ryo kudasambana.Aho gutinya imana,gusambana basigaye babyita "gukundana".Ntacyo imana ibabwiye.Nyamara bakavuga ko bakunda imana,ndetse bakayisenga.Ntabwo imana yumva abanyabyaha banga kwihana (Yohana 9:31).Kubera ko abantu batuye isi hafi ya bose banga kumvira imana,izabarimbura ku munsi w’imperuka (Yeremiya 25:33),isigaze abantu bayumvira gusa,basigare mu isi izaba paradizo (Imigani 2:21,22).Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.Ni ugutekereza nabi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa