skol
fortebet

Umukobwa waryamanye na Diamond yanenze byeruye uburyo atera akabariro

Yanditswe: Sunday 21, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

.Umukobwa yanenze Diamond uburyo atera akabariro
.Lynn ntiyumva uburyo Diamond yiruka mu bagore kandi atazi kubaryohereza.

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Irene Charles waryamanye n’umuhanzi Diamond Platnumz yavuze ko uyu mugabo n’ubwo ngo yirirwa yirukanka mu bagore ubuhanga bwo gutera akabariro ari hafi ya ntabwo.

Uyu mukobwa uzwi ku izina rya Lynn yahisemo kubitangaza nyuma yaho Diamond ashyize hanze videwo ari kumwe n’umukobwa mu buriri bigaragagara ko bari barimo kugirana ibihe byiza amukorakora.

Abakurikirana Diamond kuri instagram bakomeje kwibaza byinshi kuri uyu mukobwa bavuga ko atari Zari kandi ko atari Mobetto.

Nyuma yo kubona ibyavugwaga,uyu mukobwa Lynn abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yahise anenga Diamond Platnumz ahishura ko ari ikigwari mu buriri.

Uyu mukobwa usanzwe amenyerewe mu mashusho y’indirimbo zo muri Tanzaniya.
Yagize ati” Umugabo uhita asinzira nyuma y’inshuro (agaturu) imwe”.

Ibitangazamakuru byo muri Tanzania bivuga ko yigeze gukundana na Diamond Platnumz kandi ko yigeze kuba umuntu we wa hafi cyane. Uyu mukobwa agaragara mu mashusho y’indirimbo y’umuhanzi Lavalava yitwa ‘Nitake Nini’ n’iy’umuhanzi Rayvanny yitwa ‘Kwetu.’

Ibitekerezo

  • buriya akagakobwa nindaya imboro kazi uzitondetse ikirometero cyagera niyompamvu kavuze bino

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa