skol
fortebet

Umukobwa wo muri Kaminuza yarenze kuri benshi bibeshyaga ko biyambika ubusa-AMAFOTO

Yanditswe: Wednesday 31, Jan 2018

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Uwitonze Naillah w’I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali yatunguye benshi ubwo yashyiraga ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza ubwambure bwe.
Uyu mukobwa asanzwe yiga muri Kaminuza yahoze yitwa RTUC ubu yahindutse UTB.Amafoto menshi yafatiwe muri studio ndetse n’andi yagiye yifotora/afotorwa hakoreshejwe telefone ngendanwa. Uwitonze(uri hagati) yinjiye mu kibuga.......
Hari ifoto y’uyu mukobwa yaragagaye yamanuye ikariso, ukuboko kumwe gukingirije ibere rimwe, irindi bere riri (...)

Sponsored Ad

Umukobwa witwa Uwitonze Naillah w’I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali yatunguye benshi ubwo yashyiraga ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza ubwambure bwe.

Uyu mukobwa asanzwe yiga muri Kaminuza yahoze yitwa RTUC ubu yahindutse UTB.Amafoto menshi yafatiwe muri studio ndetse n’andi yagiye yifotora/afotorwa hakoreshejwe telefone ngendanwa.

Uwitonze(uri hagati) yinjiye mu kibuga.......

Hari ifoto y’uyu mukobwa yaragagaye yamanuye ikariso, ukuboko kumwe gukingirije ibere rimwe, irindi bere riri ku karubanda imoko yaryo iri hanze, ibintu bitari bisanzwe kuko abenshi imoko z’amabere bakunze kuzihisha.

Miss Vanessa na Miss Teta bakunze kugaragaza ubwambure bwabo mu ruhame

Uwitonze yerekanye ubwambure bwe nyuma y’iminsi mike hacicikanye ku mbuga nkoranyambaga amafoto y’abakobwa bihebeye imyidagaduro aribo Miss Vanessa Uwase na Miss Teta Sandra,inshuti magara.

Ni amafoto yafatiwe muri Uganda aho bano bakobwa bagaragaye bambaye ‘Bikini’ (utwenda abakobwa/abagore bambara ku mazi ‘ikariso n’isutiye’ ) maze bayashyira ku mbuga nkoranyambaga bakoresha.




Miss Vanessa ubwo yari kumucanga

Teta nawe ntiyacitswe

Ibitekerezo

  • Baba bashaka kwigana aba STARS b’i Burayi no muli Amerika,urugero RIHANNA.Birababje kubona abakobwa basigaye bambara ubusa uko bashatse.Ubundi amabere,ibibero na sex,byagenewe gusa umugabo muzashakana officially.None basigaye babyereka abahisi n’abagenzi.Gusambana byabaye umukino.Basigaye babyita "gukundana".Nubwo bimeze gutyo,ababikora bajye bibuka ibyabaye Sodoma na Gomora.Hamwe n’ibyabaye ku gihe cya NOWA.Imana yishe abantu bose bali batuye isi yose bakoraga ibyo itubuza,isigaza abantu 8 gusa bayumviraga.N’ubu niko bizagenda ku Munsi w’Imperuka uri gafi cyane.Hazarokoka abantu bake bumvira imana.

    Rekareka Leta NIshyirho Ibihano Bikakaye Kubakobwa Nka Bari Kutwikira Umuco. Bikomeje Gutya Ntaho Twaba Tugana Tubyiteho Nkuko Twita Kuri Made In Rda

    Iki Gihugu Cyacu Gikomeje Gukora Amakosa Yo Korora Imisega Kubera Kudakubita Imbwa, Dutabarire Hafi Kuko Ingurube Zamaze Kwinjira Mu Musigiti (iri Koranabuhanga Twemerera Izi Ngurube Zabakobwa Kurikoresha Nabi Dushobora Kuzabyicuza Mu Myaka Nka 50 Nkuko Twicuza Amoko, Nibindi Bibi Twazaniwe), Leta Nigarure Inkoni Yo Muri 1996 Ikubitwe Aba Bakobwa Wenda Bamenya Ubwenge

    uyu mukobwa arwaye amashitani iwabo bamuvuze yararangije we 🤖

    Reta nibakurikirane ibahane . kwica umuco nikosa ribaho
    ariko se ubu ziye iki?, ko ntanumuco agira koko???

    Reta nibakurikirane ibahane . kwica umuco nikosa ribaho
    ariko se ubu ziye iki?, ko ntanumuco agira koko???

    Mwataye umuco

    Ahh birakaze mubarekere uburenganzira bwabo

    Eeehhh! Iterambere mu Rwanda rirakataje kabisa. Uyu we aruta convention centre😁

    nibisazwe kuko umuco wacu wacitse arko ntibikwiriye umuntu nkamiss rwanda nugutesha agaciro igihugu ababishinzwe bagebabikurikirana pe murakoze

    Uyu ntiyize UTB shwiii Iwacu suku twarezwe ntibakisebye ngo babyenjyeke ahadakwiye izi nkozi zibibi zifatirwe imyanzuro muradusebya kdi mutisize

    ndagarutse k’umunsi w’intwari nkuyu nibaza niba umwari nkuyu icyiciro yajyamo.ngewe ndabona adakwhye kujya no mubigwari,muti gute?icyigwari burya har’igihe cyiba ntako cyitagize.ugasanga umuhanzi yambaye amakoma ngo akunde amenyekane,ubuse kamariza yigeze yambara amakoma?((komeza urucyire mumahoro waranarurwaniye))ndihanganisha umuntu wese wabonye ubusa bwuriya mwari

    She is not a student of UTB, we know our students. This is not our student kabisa.

    Kaminuza UTB ifite uburere bubereye u Rwanda nabanyarwanda, kaminuza igeze kureeee, ibi sibo at all

    Uyu mukobwa ntiyize muri UTB kbsa kuko ntawaho yakora ibyo gusa wasanga afite ikibazo abari hafi ye bamuganirize

    Ngaho re! Mbese muri make bararushanwa kwambara ubusa! Nimubareke banike izo moko zabo ubwo bakeneye abazonka. Nicyo gishoro bumva bafite ntahandi baguhishe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa