skol
fortebet

Umukobwa yamennye ibanga abakobwa bubu bakoresha bashaka kugira mu inda hato

Yanditswe: Monday 02, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Umukobwa wo muri Kenya yagaragaje umwambaro wifashishwa n’abakobwa bubu mu rwego rwo kugirango bagire mu inda hato hagendanye n’igihe.

Sponsored Ad

Uko iterambere riza ni nako rizana na byinshi aho uyu munsi tugiye kureba kubijyanye n’ imyambarire y’abakobwa bubu aho mu minsi yashize bamwe mu bakoresha whats app batunguwe no kubona umukobwa atira mugenzi we ikibuno cyo kwambara mu ikanzu mu rwego rwo kugirango agaragare neza ,uyu munsi undi mukobwa yashyize hanze undi mwambaro wifashishwa n’abakobwa mu rwego rwo kugirango bagire munda hato .

Mu mafoto agera kuri 5 yashyize hanze yagaragaje uko uyu mwambaro bawambara ndetse naho wambarwa mu rwego rwo kugirango buri mukobwa uwambaye agaragare neza aho yavuze ko bamwe mu bakobwa biyiziho kugira ibicece cyangwa ibinye nyanza nkuko bamwe babivuga ko akenshi aribo bagura uyu mwenda kugirango bagabanye munda habo hanini nabo bagaragare neza .

Uyu mukobwa yavuzeko uyu mwambaro yigeze kuwambara igihe kingana n’amezi 6 gusa nyuma yo kumenya ububi bwawo yahisemo kuwureka kubera ko ubusanzwe uhenze ndetse ugurwa n’ umukobwa uzi icyo uzamumarira gusa ngo ntibyakuyeho kuba yatiza bagenzi be bagiye ahantu baraza guhurira n’abantu benshi nko mu bukwe ,mu bitaramo mu gihe atakiwukoresha.

Yakomeje yongera ho ko mu gihugu cya Kenya uyu mwambaro ugura ibihumbi 50,000frw tubihinduye mu mafaranga yo mu Rwanda ndetse ko ugurwa n’abakobwa badashobora kwiyakira kubera imiterere y’umubiri wabo.

Yasoje agira inama abakobwa bagenzi be avugako kwambara uyu mwenda bishobora kumugirango ingaruka zikomeye zirimo ukuba umukobwa yabengwa n’ umusore wamukundiye ko afite mundahato kandi hari ibindi yambariyemo . yavuze ko kandi kwambara uyu mwenda bishobora gutuma umubiri wawe amarso adatembera neza kubera kuwuhambira cyane aheraho asaba abakobwa kunyurwa nuko bangana.
REBA AMAFOTO:




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa