skol
fortebet

Umukobwa yatangaje ko amaranye imyaka n’imyaniko inzozi zo kuzaroga Diamond bakaryamana

Yanditswe: Thursday 06, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Umukobwa witwa Lulu yavuze ko amaze imyaka n’imyaniko afite inzozi zo kuzabyarana n’umuhanzi Diamond umwana kandi ko azashyirwa abigezeho.

Sponsored Ad

Umukinnyi wa filimi Bongo n’izindi, Lulu Semagongo uzwi nka Aunty Lulu yivuye inyuma avuga ko azemera akaroga Diamond mpaka babyaranye umwana kuko kuba yafashe icyemezo kujya akoresha agakingirizo byabangamira indoto ze.

Nzakoresha Uburozi mpaka tubyaranye

Ibi Aunty Lulu yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Global Publishers, mu magambo ye bwite yagize yavuze ko azakora uburyo bwose bushoboka gusa akabyarirwa na Diamond

Yagize ati “Diamond yavuze ko agiye kujya yirinda kugira ngo atazabyara mbere yo kurongora (gukora ubukwe) ariko kuri njye nzemera muroge kugira ngo abyarane nanjye. Kubera ko nizoindoto zanjye kandi nzimaranye igihe kirekire cyane, nta n’ikintu na kimwe gishobora kubinkuramo. Ndamwizera cyane umuganga wanjye (umurozi wanjye).”

Ibi bije nyuma yuko hari inkuru ijya gusa niyi y’amajwi Diamond yatunguwe no kumva uburyo Hamisa yamurogesheje akamugurira inzu yo kubamo ndetse ko yari afite inzozi zo gukomeza kumuha inzaratsi kugirango bazakorane n’ubukwe.

Ibitekerezo

  • Arko Diamond yaragowe kbsa, mwamuhaye amahoro murinda mushaka kumurogesha mwategereje abo Imana izabagenera banyu.Imana izajya imurinda murarushywa nubusa kuba umu star nibibi kbsa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa