skol
fortebet

Umukobwa yatunguranye avuga uburyo yifuza ko Davido yamufata ku ngufu

Yanditswe: Wednesday 10, Jun 2020

Sponsored Ad

skol

Umukobwa wo muri Nigeria yagaragaje icyifuzo ko umuhanzi Davido Adeleke aramutse amufashe ku ngufu ko ntacyo byaba bimutwaye na gato ndetse ko yabayakira neza cyane ntagire ikiguzi na kimwe yaka umuhanzi umaze kwamamara ku isi .

Sponsored Ad

Yakoreshe urukuta rwe rwa Twitter yifuza ko Davido aramutse yemeye ko baryamana ntacyo bimutwaye asanzwe akoresha izina rya @9jastudios ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, “Nifuza ko Davido yamfata ku ngufu hhhhhhhhhh” ntabwo byakiriwe neza n’abamukurikira kuri Twitter ye ko nk’umukobwa adakwiye kugira icyo cyifuzo cyo gufatwa ku ngufu n’umuntu runaka.

Davido akomeje kuvugwaho amakuru menshi y’uko hari undi mukobwa ubarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza uyu muhanzi ukomeye yaba yarateye inda, uyu mukobwa bikekwa ko atwitiye Davido yitwa Larissa. Iyi nkuru y’umukobwa wifuza gufatwa ku ngufu na Davido ije mu gihe muri Nigeria harimo kuvugwa ibintu byinshi cyane byerekeye gufata ku ngufu abakobwa, Tekno uri mu bakomeye muri Nigeria aheruka gusaba Imana guhana abakora ibyo gufata ku ngufu.

Ibitekerezo

  • Gusambana ntacyo bikibwiye abantu.Bisigaye byitwa "kuba mu rukundo".Imana ntacyo ikibwiye abantu.Bible ivuga ko "mu minsi y’imperuka abantu bazaba bakunda ibibanezeza kurusha Imana".
    Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ikavuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa