skol
fortebet

Umunyakenyakazi ufite imiterere idasanzwe yavuze uburyo igitsina cye kimukijije[AMAFTO]

Yanditswe: Saturday 23, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyakenyakazi, Huddah Monroe uzwi cyane mu mwuga wo kumurika imideli ni umwe mu bakobwa bakunze gushyira hanze amafoto akurura abagabo ndetse uyu mukobwa akaba akunze kuvugwaho n’ubusambanyi cyane,kuri ubu uyu mukobwa akaba avuga ko gukoresha umubiri we muri ubu buryo bisigaye bimwinjiriza agatubutse,ndetse ko hari aho amaze kugera heza abikesheje igitsina cye.

Sponsored Ad


Mu kiganiro uyu Huddah yagiranye na Times FM yahishuye ko imodoka atunze n’indi mitungo yose afite, ayikesha igitsina cye, aho yagize ati :“Ubu ndatwara imodoka ihenze, igitsina cyanjye nicyo cyanzamuye, …”.

Huddah yagaragaye i Kigali ku italiki ya 26 Ukuboza 2015, mu gitaramo gihuza abambaye imituku “Red Avenue” cyaje kurangira atishimiye kuko polisi y’u Rwanda yagihagaritse kirimbanyije mu masaha y’ijoro.

REBA AMAFOTO YA HUDDAH:


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa