skol
fortebet

Umunyamidelikazi Amber Rose yashyize hanze ifoto yavugishije isi yose yambaye ubusa buri buri (AMAFOTO)

Yanditswe: Sunday 11, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Umunyamiderikazi Amber Roza wabyaranye n’umuraperi Wiz Khalifa abana 2 , nyuma agahita akundana n’umukinnyi wa Filme nawe ukomeye cyane ku Isi uzwi ku izina rya Nick Canon nawe bidaciye kabiri bagahita batandukana , Nyuma y’udushya twinshi yagiye avugwaho ubu noneho yakoze ibara ashyira ifoto igaragaza ubwambure ku karubanda.
Uyu mugore niwe wifatiye icyemezo cyo gushyira aya mafoto hanze abinyujije kunkuta nkoranyambaga zitandukanya nko kuri Facebook , Instagram n’ahandi hatandukanye , aya (...)

Sponsored Ad

Umunyamiderikazi Amber Roza wabyaranye n’umuraperi Wiz Khalifa abana 2 , nyuma agahita akundana n’umukinnyi wa Filme nawe ukomeye cyane ku Isi uzwi ku izina rya Nick Canon nawe bidaciye kabiri bagahita batandukana , Nyuma y’udushya twinshi yagiye avugwaho ubu noneho yakoze ibara ashyira ifoto igaragaza ubwambure ku karubanda.

Uyu mugore niwe wifatiye icyemezo cyo gushyira aya mafoto hanze abinyujije kunkuta nkoranyambaga zitandukanya nko kuri Facebook , Instagram n’ahandi hatandukanye , aya mafoto arimo niyo yakuyemo imyenda maze yifotoza nta mwambaro uwariwo wose wo hasi yambaye habe n’akimbere cyangwa ngo ashake icyo yahishaho ubu bwambure bwe.

Iyi Foto igaragaza Amber Rosa yambaye ubusa niwe ubwe wayishyiriye kuri instagram na Facebook.

Si amafoto gusa kuko hari n’amashusho yakwirakwiye cyane agaragaza uyu mugore ari kwikuramo imyenda yose gusa ntiyatinya no kuyikwirakwiza hose nayo.

Amber Rosa w’imyaka 33 y’amavuko yose n’ubusanzwe yiberaho nk’umunyamideri ariko ukora ibikorwa bye mu buryo budasanzwe atitaye kubiteye isoni ngo atekereze ko urubyaro rwe rumuhanze ijisho narwo.

Uyu Amber Rosa n’ubwo akora ibi byose ariko n’umubyeyi w’abana bakuru akaba yarahoze ari n’umugore wa Wiz Khalifa.

Iyi nkuru yatangiye kumenyekana kuri uyu munsi tariki ya 10/06/2017 nk’uko tubikesha dailmail yabitangaje .

Ibitekerezo

  • Ese ubu abareze mu nkiko mwahakana kuba we ubwe yishyiriye igitsina ku karubanda ngo barebe umutungo we namwe mukagipfukirana !!

    naringiye kureba niba yaraciye imyeyo none ndabona kumana mwatereyeho akantu

    dsknjnfjngjrngbngjkbnghkmnk

    iyo mureka tukirebera ra ko nacyo bitwaye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa