skol
fortebet

Umunyamidelikazi Sachi yashyize hanze ifoto igaragaza imiterere y’igitsina cye [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 03, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyamidelikazi Sanchi abinyujije kuri instagram yashyizeho amafoto atandukanye arimo imwe igaragaza imiterere y’ igitsina cye.

Sponsored Ad

Sanchi ubusanzwe uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka sanchiworld ni umwe mu bakobwa bakunzwe mu gihugu cya Tanzania kubera ubwiza bwabo aho abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga batangazwa cyane n’amafoto akunze gushyira kuri konte ye harimo amwe agaragaza ibice bye by’ ibanga ndetse n’andi agaragaza imiterere y’umubiri we .

Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 3 Nyakanga yashyize hanze amafoto atatu harimo abiri agaragaza imiterere y’igitsina cye mu mwambaro umwegereye cyane.

Mu bitekerezo byashyizwe kuri iyi foto bamwe bifuje kuryamana n’uyu mukobwa mu gihe hari undi waje amushimagiza amubwira ko afite igitsina kinini.

Si ubwambere uyu mukobwa avuzweho imico mibi yo gushyira hanze ubwambure bwe kuko mu mwaka ushize nabwo yashyize hanze ifoto yavugishije benshi nyuma y’ igihe gito yahise ayikuraho bitewe nuko nawe yabonye irimo kumutesha agaciro.

Ibitekerezo

  • Mbega ikigore ningurube

    Ibi byose byerekana ko turi mu minsi y’imperuka.Kwambara ubusa,byabaye umukino.Gusambana,bisigaye byitwa "gukundana".Nubwo abantu nyamwinshi banga kwemera imperuka,nta kabuza izaba kandi vuba,kuko ni imana yabivuze ahantu henshi muli Bible.Nkuko tubisoma muli Yeremiya 25:33,kuri uwo munsi imana izarimbura abantu bose banga kuyumvira,ahubwo bakibera mu byisi gusa.Iryo somo rivuga ko intumbi z’abantu zizaba zuzuye isi.
    Ntitukarenganye imana kuko iduha amasomo menshi muli Bible adusaba guhinduka.Abenshi bahitamo kuyisuzugura.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa