skol
fortebet

Umunyamidelikazi w’umunyarwanda yatunguranye yiyambika ubusa nk’uko yavutse ku karubanda[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 21, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Isimbi Sylivine ni umukobwa w’umunyarwandakazi ukunze kwigaragagaza nk’umunyamideri hano mu Rwanda.

Uyu mukobwa yatunguye abamukurikirana kumbuga nkoranyambaga maze ashyiraho uruhererekane rw’amafoto atandukanye yambaye ubusa.

Sponsored Ad

Isimbi wagaragaje aya mafoto, yayashyize kurubuga rwe bwite rwa instagrama maze ayasangiza abarenga igihumbi bamukurikirana.

Ni amafoto agera kuri atatu yagiye ashyiraho mubihe bitandukanye, nkuko bigaragara yambaye ubusa buri buri yagerageje guhisha bimwe mubice by’ibanga bye harimo nk’amabere n’igitsina.

Mu bakurikirana uyu mukobwa kurubuga rwe rwa instagram harimo bamwe bagiye bishimira aya mafoto ariko hari n’abamunenze bamugaragarizako ibyo yakoze bitajyanye n’umuco w’umunyarwandakazi.

Twashatse kumenya impamvu uyu mukobwa yahisemo kugaragariza isi yose ubwambure bwe ariko ntibyadukundiye, turacyagerageza kumushaka kugirango tubashe kumenya icyo yari agamije ndetse adusangize n’ubusobanuro bw’aya mafoto.

Ibitekerezo

  • lbi ntibyemewe rwose bigaragara ko arumusambanyi kwifotoza yambaye ubusa agaramye kandi ndeba ari nyamayarwo

    Ni Publicity baba bakora kugirango babone ababasambanya benshi,babaha amafaranga.Arigana aba STARS bo hanze (Rihanna,...).Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe gusa umuntu umwe muzabana biciye mu mategeko.Ikibabaje nuko abasore n’abagabo nyamwinshi baba bashaka kureba abakobwa bambara ubusa.Ntabwo bazi ko imana itubuza gukomeza kureba abakobwa n’abagore,kugirango bitatugusha mu busambanyi.Bisome muli Matayo 5:28.Ni icyaha gukomeza kubareba.Imana ishaka ko twigana YOBU.Ntabwo yitegerezaga abagore (Job 31:1).Kandi abantu bakora ibyo imana yanga kubera gushaka kwishimisha no gukira,nibo benshi mu isi.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu gushaka ibyisi gusa,bityo bakazaba muli paradizo.Bisome muli 2 Petero 3:9.Kubera ko abantu banze kumva ibyo imana idusaba,ahubwo bakaba barushaho kuba babi,igiye kuzana Imperuka.Hazarokoka abantu bake bayumvira (Imigani 2:21,22).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa