skol
fortebet

Umunyarwandakazi, Miss Amandah ngo ntaterwa isoni n’ amashusho y’ urukozasoni ashyira ahagaragara [Video]

Yanditswe: Sunday 28, May 2017

Sponsored Ad

skol

Ngo kuri we kuba yarashyize amashusho agaragaza akora ibyo biteye isoni, ntabyicuza na gato kuko ajya kubishyira ku karubanda yari yabitekerejeho.
. Imyitwarire y’uwabaye igisonga cya 2 cya Miss w’icyahoze ari SFB, ikomeje kuvugisha abantu ibitandukanye . Miss Amandah yiyemerera gushyira hanze amashusho akora imibonano mpuzabitsina ndetse akaba aticuza kuba yarabikoze Miss Amandah Isimbi ni umukobwa wabaye igisonga cya kabiri cya Nyampinga w’icyahoze ari SFB mu mwaka wa 2013, uyu amaze (...)

Sponsored Ad

Ngo kuri we kuba yarashyize amashusho agaragaza akora ibyo biteye isoni, ntabyicuza na gato kuko ajya kubishyira ku karubanda yari yabitekerejeho.

. Imyitwarire y’uwabaye igisonga cya 2 cya Miss w’icyahoze ari SFB, ikomeje kuvugisha abantu ibitandukanye
. Miss Amandah yiyemerera gushyira hanze amashusho akora imibonano mpuzabitsina ndetse akaba aticuza kuba yarabikoze

Miss Amandah Isimbi ni umukobwa wabaye igisonga cya kabiri cya Nyampinga w’icyahoze ari SFB mu mwaka wa 2013, uyu amaze kuba ikimenyabose kubera inkuru akunze kugarukwaho yambaye ubusa; gusa byabaye agahomamunwa ubwo yashyiraga hanze amashusho ari gukora imibonano mpuzabitsina ariko na none atangaza ko atabyicuza.

Ibi byose rero akaba yarabitangaje mu kiganiro kirekire yagiranye na Inyarwanda dukesha iyi nkuru ubwo yari abajijwe amavu n’amavuko y’amashusho aherutse kujya hanze ariko akanga kugira byinshi ayatangazaho, icyo gihe umunyamakuru yamubajije niba byibuza ariwe wabyishyiriye hanze maze uyu mukobwa avuga ko ariwe kuko aho byanyuze ari ku mbuga nkoranyambaga ze kandi akoresha bityo ngo akaba yarabikoze abishaka.

Abajijwe niba atabyicuza kuba yarashyize hanze ariya mashusho, Miss Amandah Isimbi yavuze ko ntacyo yicuza.

REBA HASI AMASHUSHO YEMWE NDETSE N’ICYIZERE KINSHI AVUGA KO ARIWE WAYISHYIRIYE HANZE NDETSE KO ATANABYICUZA:

Usibye iki kibazo ariko Miss Amandah muri iki kiganiro yabajijwe n’ibindi bibazo bijyanye n’inkuru akunze kuvugwaho , abazwa uko ababyeyi be babyakira icyakora nawe avuga ko yamaze kubyakira nubwo mbere bitari bimworoheye mu minsi ya mbere.

Ibitekerezo

  • Urambabaje cyane ariko muranyunvira aka nakumiro.pe apuuuuu hababajwe ababyeyi bakubyaye. Kandi uwakubeshye kuri mwiza ni nde ?jye ntabgo mbona rwose.Ihane bigishoboka

    Yewe wamwari we ninde wakubwiyeko umwari yiyandarika?ahubwose ubwo uracyabariza mubari cg ubari mumwanda?Imana igutabare

    Yesu ara bugufi, ushaka yakora ibyiza Imana ikimutije ubuzima naho ibyubusambanyi byo nawe urabizi neza ko ari mwirimbukiro Yesu agutabare.

    Umva iyo umuntu abuze ubwenge arapfa ubwo c yararindagiye pe gusa Nyagasani amwakire

    hababaje ibere ryakonyeje wa cyomanziwe.

    n grav kbx,,,

    n grav kbx,,,

    iwo mukobwa mikigoryi pe ntanubwo yiha agaciro nkumunyrwandakazi koko

    Icyakora nibarimisi mundaya zontayamuhiga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa