skol
fortebet

Umunyarwandakazi uherutse kwiyamamariza kuba Miss Rwanda yakoze n’amahano ashyira hanze amafoto menshi yambaye ubusa hose[AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 19, Mar 2019

Sponsored Ad

skol

Isimbi Noeline wamenyekanye kubera ubuhamya bukomeye bw’ubuzima yanyuzemo bwagiye hanze ubwo yashakaga guhatana mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ariko ntahirwe, yifotoje yambaye ubusa buri buri.

Sponsored Ad

Uyu mukobwa yamenyekaniye ku nkuru iteye agahinda yasohotse tariki 25 Ukuboza 2018 ubwo yari agiye kwiyamamariza kuba Miss Rwanda 2019 uburebure bwe bukamubera imbogamizi kubera ko atari agejeje kuri metero zasabwaga.

Mu buhamya yatanze ku buzima bwe yagarutse ku buryo yabaye ku muhanda , kumansura mu tubyiniro no kugirira urugendo muri Afurika y’Epfo mu buryo bugoranye cyane, icyo gihe abantu benshi bamugiriye impuhwe.

Icyo gihe yari afite umushinga wo gukangurira urubyiruko kwirinda ubucuruzi bukorerwa abana b’abakobwa. Miss Rwanda ni umukobwa ugomba kuba afite bwiza, ubwenge n’umuco, mu gihe gutangaza amafoto nk’aya bishobora gufatwa na bamwe nko gutandukira indangagaciro z’umuco nyarwanda.

Kuri uyu wa Kabiri uyu mukobwa yshyize amafoto ye kuri Instagram yambaye ubusa buri buri, haracyibazwa niba ari we wayashyize hanze cyangwa hari uwaba yakoresheje Konti ye. Nta yandi mafoto ye ahari keretse aya yambaye ubusa ndetse uko iminota yicuma ari gushyiraho andi.

Ayashyize hanze kandi hari itangazo Minisiteri y’umuco na Siporo yashyize hanze ibuza abantu gushyira ahagaragara amashusho y’urukosazoni.






Iri ni itangazo Minisiteri y’Umuco na Siporo iherutse gushyira hanze}

Ibitekerezo

  • Uyuntakwiye Kwitwa Umunyarwandakazi Nkintore!
    Namusabira Kwamburwa Ubutore.

    Reka umwana yamamaze uko ateye sha abafite ifaranga bagemo. Akagaragaye niko kabona ubuguzi

    Niko se izi ndaya mutuzanira nizo ziba zishaka kuduserukira koko!? Niba Miss ari ibi rero, bizatuma twese tuyifata uko itari.

    Uyu ni imbeshu yakuyeho, ibi ni no kumukorera publicité !!puuuu!!! Izi ndaya turazamaganye rwose!!ababishinzwe na Miss Rwanda System bashake uko bazakemura iki kibazo pe!!! Kuko miss agomba Kuba intangarugero.

    Iyi mbeshu bayishakire ibihano rwose!! Umuco wacu uriyubashye , umuco wacu uriyambitse, ntabwo ari icuraburindi !!

    uyu arakungurira u Rwanda bamujyane i wawe

    Ndatekereza ko ariya mafoto arayo kumisiga isurambi bitewe nicyo mushaka guys make thing professional ataribi kuko sibyiza gusebanya murakoze

    Niba atariwe wayashyizeho , ubu aba yabivuze. Gusa ni mubi pe!

    cyprien. iyazakubanyampinga nibiriyayarikwigisha avant à Rwanda nazi

    Ntabwo bitangaje kubona iyo nkumi ishyigikirwa na Shanel kuko uko byumvikana nabo yabyaye nabo niba bataranabikora bari munzira. Hari ababyara kubera ari ababyeyi bashakaga gutanga uburere hari nababyarira Satani ngo akazi ke ko kuroha isi mu muriro utazima kagende neza, nyamara abo bose Imana ibibafashamo kuko yadushyize imbere icyiza n’ikibi ngo tuzihitiremo. Icyaba cyiza rero nuko ubwenge yaduhaye twabukoresha duhitamo icyiza ibyo Satani ashaka tukabyima amaso

    SHA UYU NGUYU AZIZE NKABYA BINDI BYA DIANE RWIGARA KUKO YATANGAJE UKURI KU MARADIYO Y’AMAHANGA

    Ariko abaganga bazabanze bakore akabo kazi barebe niba nta kibazo afite mu mutwe. Nibasanga ntacyo azahanwe, iyo nyifato ntabwo ari iy’ UMWALI W’U RWANDA.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa