Umunyarwandakazi, abantu batangariye ifoto ye igaragaza imitere y’igitsina cye[AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 31, Oct 2018
Umunyarwandakazi umenyerewe kujya mu mashusho y’indirimbo zitandukanye hano mu Rwanda ifoto ye igaragaza imiterere y’igitsina ikomeje gukwirakwiza ku mbugaa nkoranyambaga n’abatari bake.
Umukobwa witwa Ketty Nation ni umwe mu bakobwa bakunze kugaragara mu mashusho y’indirimbo zitandukanye nka ’Mama cita ya Unle Austin na Victor Rukotanana’ detse akaba yaragaragaye no mu mashusho y’indirimbo ’My Everything ya Meddy ndetse na Uncle Austin’ yashyize Ifoto ye iko meje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga batangariye imiterere y’igitsina cye.
Ifoto ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga baciyeho akamenyetso ku gitsina cye
Ikaba ari ifoto uyu mukobwa aherutse gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram aho abantu batari bake batangariye akenda yari yambaye uburyo kagaragaje kagashushanya igitsina cye cyose uko giteye.
Ibitekerezo
kogitereye imbere nicyo bita ikibumba nkari. ntudutere umwaku ariko nibyo bibumbankari byawe
Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe gusa umuntu umwe muzabana biciye mu mategeko.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa,bityo bakazaba muli paradizo.Bisome muli 2 Petero 3:9.Hazarokoka abantu bake bayumvira (Imigani 2:21,22).