skol
fortebet

Umunyarwandakazi yateje ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’itangazo ry’umusore ashaka uko ateye harimo no gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 2 mu ijoro rimwe[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 27, Jun 2019

Sponsored Ad

skol

Umukobwa uzwi ku izina rya Fofo yateje ururondogoro hose ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusakakaza itangazo rigaragaza ibintu umusore wifuza gukundana nawe agomba kuba yujuje,birimo no kuba byibura yabasha gukora imibonano mpuzabitsina inshuro ebyiri mu ijoro rimwe.

Sponsored Ad

Fofo umukobwa w’umunyarwandakazi utuye i Gikondo uzwiho kuba abyina mu tubyiniro dutandukanye,yatunguranye asakaza itangazo rikubiyemo ibintu byinshi umusore wifuza gukundana nawe agomba kuba yujuje,harimo kuba yabasha gukora imibonano mpuzabitsina inshuro ebyiri mu ijoro,yinjiza amafaranga atari munsi ya Miliyoni icumi,utamusaba kubyara abana bari hejuru ya babiri nibindi.

Fofo yagize ati "nitwa fofo dancer

Ndashaka umukunzi wujuje ibi bikurikira:

√ abe Ari I bogar(munini hose)
√ abe afite ubwanwa Ndavuga kiroso ariko apana bwinshi bumanuka
√ ufite agasatsi gake kadakaraze gasokoje neza
√ unyitaho cyane
√ yinjiza byibuze frw Atari munsi ya 10million
√ ukora imibonano byibuze kabiri mu ijoro rimwe na mugitondo, Niyo yaba Ari mukazi ku manywa agataha agakora akandi kamwe basi agasubirayo
√ utansaba kubyara hejuru y’abana 2
√ ufite inzu
√ uzajya ansohokana

N:B: UKUNDA INYAMA

Fofo aganira n’ikinyamakuru UMURYANGO tumubaza kubyo yatangaje niba koko akomeje,yadutangarije ko akomeje ashaka umugabo babana ndetse bagakora n’ubukwe.

Fofo akunze gutumirwa kubyina mu tubyiniro dutandukanye duherereye mu mujyi wa Kigali no hanze yawo,harimo no mu bihugu byo mu karere k’Uburasirazuba birimo na Congo.




Ibitekerezo

  • Uwo nawamwemera umuntu ubyinira mukabari

    uguye kwishiga mukobwa

    ibyavuga ntabizi ngo umuntu, winjiza 10million ngo kubera ubwo busa, bwawe Wanika kugasozi ashyiii

    ubundise umwana umwe ko amufite umugore ukora mukabari usibye nokukabyinamo arashaka umugabo winjiza milliyoni 10? ubwose weyaba yinjiza angahe?,ngo ajya kubyina muri Congo ariko ntimukasetse abyiniki koko?

    she’s crazy hh
    who can spend his money on a stripper

    Ndagushinyitse wazamuremwe I kind I wowe wakoreye ayawe ko kurubu arubufatanye ikind intarukundo ntarukundo ugira kuko urukundo ntirubaza ibyo byama frw amazu namamodoka kandintiwiyubaha agapfundikiye gatera amatsiko kobyose wabyerekanye nakugirira a.ma Tsiko ayawakishe

    Ibigoryi nkibi mwagiye mubifunga

    Yabaye ari n’umukobwa mwiza atari iki gipupe ngo ni umukobwa,arasa n’impyisi y’ingore!!!!!!

    milion 10 x zogukora Iki?kwirirwa wanitse ikibuno kugasozi sha ndagushinyitse😂

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa