skol
fortebet

Kay Martha uherutse guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye yambaye ubusa buri buri yageneye ubutumwa abasore bari kumutereta

Yanditswe: Sunday 20, Oct 2019

Sponsored Ad

skol

Kay yavuze ko adateganya kurongorwa kuko hari byinshi byo gukora afite.

Sponsored Ad

Umunyarwenya akaba n’umushabitsikazi Kay Martha yahaye gasopo abavuga ko ashobora kuba agiye kurongorwa.

Ibi bije nyuma yaho uyu mukobwa ashyize hanze ifoto arimo kwishimana n’umuhanzi Allan Toniks wo muri Uganda .

Nyuma yuko hasakaye aya mafoto hanze bahuje urugwiro benshi bacyetse ko bari mu rukundo mu gihe abandi bemezaga ko ashobora gukora ubukwe nuwo musore.

Mu butumwa yageneye abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga yababwiye ko ntamushinga afite muri gahunda ze wo gukora ubukwe.

Yagize ati” Ntamushinga mfite wo gukora ubukwe ubu.”

Yongeyeho ko hari byinshi byo gukora afite magingo aya anaboneraho kubwira abantu bose bamwifuzaga ko icyo gitekerezo ntacyo afite.

Twakwibutsa ko Martha ari umwe mu bakobwa baherutse guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yasakajwe yamabaye ubusa buri buri aho nyuma yireguye avuga ko telephone ye yari irimo ayo mafoto yibwe n’abantu batazwi bakamuharabika muri ubwo buryo.

Ibitekerezo

  • Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibero,amabere,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Ikibazo nuko abahinduka ari bake cyane.Abo nibo bazahembwa ubuzima bw’iteka muli paradizo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa