skol
fortebet

Umuraperi M-Izzo agiye gukora ubukwe na Clarisse

Yanditswe: Monday 15, Jul 2019

Sponsored Ad

skol

Mbituyimana Eric wamenyekanyen nka M-Izzo muri muzika nyarwanda ari mu myiteguro y’ubukwe bwe n’umukobwa witwa Clarisse buteganyijwe muri Nzeri uyu mwaka.

Sponsored Ad

Uyu muraperi wamenyekanye cyane mu ndirimbo zitandukanye zirimo ‘Kamugi’, ‘Nayataye’, ‘Inkweto’, ‘Amakuru’ n’izindi nyinshi, yamaze gushyira ahagaragara integuza z’ubukwe bwe na Clarisse buzaba ku wa 14 Nzeri 2019.

M-Izzo ni umwe mu bahanzi bahoze babarizwa mu nzu itunganya umuziki ya Riderman yitwa Ibisumizi ndetse banakoranye cyane mu bihe bitandukanye ariko nyuma baza kwangana urunuka ku buryo uyu munsi nta n’umwe uvugisha undi.

Nyuma yo gutandukana hagiye havugwa byinshi hagati y’aba baraperi bombi , gusa kuri ubu M-Izzo ubwo aheruka kugaragara mu itangazamakuru yavuze ko ntakintu nakimwe azongera kuvuga kuri Riderman.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa