skol
fortebet

Umusore wamenyekaniye muri Filimi nyarwanda ku myaka 28 afite yavuze ko atarakora imibonano n’uburyo yabuze umukobwa umuha ngo yumve[VIDEO]

Yanditswe: Monday 25, May 2020

Sponsored Ad

skol

Ndacyayisenga Jean de Dieu umusore w’umunyarwanda wamenyekanye cyane mu Rwanda kubera Filimi zitandukanye yagiye akinamo,yabajijwe ibibazo bitangaje kandi biteye amatsiko ku buzima bwe bimwe na bimwe agenda andya indimi.

Sponsored Ad

Jado mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru gikorera kuri Youtube kizwi nka ’VIPI’,yagiye abazwa ibibazo bitandukanye byerekeranye n’ubuzima bwe bwite ndetse bimwe bigenda bimugora kubisubiza bitewe n’uburemere bwa byo.

Mu byo uyu musore ukina Filimi nyarwanda yabajijwe,harimo nk’imyaka ye y’ukuri,aho yavuze ko atayibuka neza ariko avuga ko ishobora kuba ari ngo nka 28,abajijwe aho umubyeyi we yamwibarukiye,yasubije ko ari i Kigali kandi akaba ari naho yakuriye,gusa avuga ko ababyeyi be bose nta n’umwe ukiri ho.

Mu gukomeza kandi yabajijwe amezi yavutse afite avuga ko ari Zero,abajijwe niba kuva yavuka arakora imibonano mpuzabitsina,yabihakanye ndetse avuga ko yabuze n’umukobwa umuha ngo yumve.

REBA HASI MU BURYO BW’AMASHUSHO IKIGANIRO GISEKEJE JADO YAKORANYE NA ’VIPI’ AHO YAGIYE ASUBIZA IBIBAZO BITANGAJE:

Ndacyayisenga Jean de Dieu,yamenyekaniye muri Filimi nyarwanda zitandukanye,harimo izakunzwe cyane nka Filimi y’uruherekane yitwa RUMASHA ,NTUNGAYE,RWANDA NYUMA YA GENOCIDE nizindi nyinshi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa