skol
fortebet

Umusore wigambye gukundana na Nyampinga Iradukunda Liliane yibasiriye Mwiseneza Josiane

Yanditswe: Tuesday 15, Jan 2019

Sponsored Ad

Umuhanzi witwa Bahoza Danny uzwi nka Danny B wigambye ko yamaze umwaka wose akundana na nyampinga w’u Rwanda 2018,Iradukunda Liliane,yibasiriye Mwiseneza Josiane ushyigikiwe cyane mu irushanwa rya nyampinga w’u Rwanda 2019.

Sponsored Ad

Uyu munyarwanda ukorera muzika ye mu gihugu cy’abaturanyi cya Kenya yavtangarije ikinyamakuru Eachamps ko yamaze umwaka wose akundana na Liliane Iradukunda bahuriye ku mbugankoranyambaga gusa nyuma yaje kumubura.

Yagize ati” Twahuye gutyo nyine nawe urabyumva dukundana umwaka wose, twabonanye rimwe ubwo nari naje mu Rwanda gusuhuza Mama wacu uba muri USA kuva icyo gihe kugeza ubu simuheruka”.

Danny B yavuze ko byamuteye agahinda kubura uyu mukobwa yari yarahariye umutima we wose nyuma akaza kumva ko yabaye icyamamare.

Danny B yabajijwe niba azi Mwiseneza Josiane waciye ibintu muri nyampinga y’uyu mwaka avuga ko atamuzi bamwereka ifoto ye, akiyikubita amaso avuga ko atazi uyu mukobwa ndetse ko adakwiriye kuba Nyampinga w’u Rwanda ahubwo akwiriye kuba Nyampinga w’ubuhinzi n’ubworozi.

Yagize ati” Uyu niwe uri kwiyamamaza se? ahahahahaha!!!! Ubwo se ari guhatana n’abahe bakobwa? Kereka niba ari miss w’ubuhinzi n’ubworozi ibyo mwabimuha”.

Uyu muhanzi ukizamuka yavuze ko yagiranye ibihe byiza na Iradukunda Liliane ndetse ko yiteguye gukora byinshi ku muziki wo mu Rwanda cyane cyane yita mu gukora indirimbo zizamugeza ku isoko mpuzamahanga.



Danny B wavuze ko yakundanye na Miss Liliane yavuze ko Mwiseneza akwiriye ikamba ry’ubuhinzi n’ubworozi

Ibitekerezo

  • Uwo ni injiji

    Iki ni igiki?uru runywatabi ruturumbutse murihe shyamba?Nyoko wanyu aba nshiri turabizi.Ese uhanga iki sha Balloteli we?

    Kombonawese bavuga ngo urumuhanzi kombo ukwiye kwisubiraho koko wowembona na ukundana miss icyakora ntankumi yigaya wowembona hhhhhhhh none uranegura josian ntumuruta umurusha kwibona gusa nokwitera ijeki icyakora waravuzwe ntacyo

    uwo nawe araje yee!!ubwo aje gushakira hit kuri Mwiseneza!!!ariko ko bari gusebya Mwiseneza ariko ntibadutangarize abo bashyigikiye ahhaa!!nzaba ndeba!!"

    ubwo nawe uje kurira hit kuri Mwiseneza Josiane !!ariko ko musebya Mwiseneza ntimugaragaze abo mushyigikiye Mwiseneza mutamuharabitse umanza mutaryama!!

    miss wubuhinzi nubworozi ubwose urumvantakamaro yaba afitiye society? aho winyuzemo kuko nawe uracyari sagihobe kdi ufite inzizi ushaka gukabya.uretse nibyo uri na sogro cg sundiata keita twajyaga twiga muri senior 3.stupid stop talk non sense

    uyu mwirasi ngo ni umuhanuzi uwamubaza umuhinzi, nu mworozi usa nawe ufite imisatsi adasokoza yamukura he! !aliko abantu binkirabuheri nibo bibona, miss Iradukunda se yali kumukura, he!!!miss aba afite amaso

    Iyi Mayibobo se iravuga iki ubundi iyi ngegera muyiha ijambo nkande? ngwakora umuziki muri Kenya? chair akora mu mifuka ya rubanda? puuuuu nagende iryo bandi rireke gusebya umukobwa ukunzwe

    Iyi Mayibobo se iravuga iki ubundi iyi ngegera muyiha ijambo nkande? ngwakora umuziki muri Kenya? cga akora mu mifuka ya rubanda? puuuuu nagende iryo bandi rireke gusebya umukobwa ukunzwe

    Ariko uyu ntakwiye gukurikiranwa na RIB?Uku si ugusebanya?mutbwire?

    Gusa abantu barasebya wese harumbwiza afite
    Bareke umukobwa imana y,ahaye umugisha aho azagera n,Imana ihazi.

    Mwiseneza niryokamba ryubuhizi nubworozi ntarikwiye ahubwo abafite ikibazo nabamushyizemo ngonuko yajyenze namaguru ibyo ntacyo bivuze bange bakora ibintu babitecyerejeho

    Nuyu se wabivuze koko????yewe nta nkumi yigaya koko ndabyemeye!!!!cyakora uyu mbona ntakindi yabasha kuvuga kitari ibyo yavuze da sinamurenganya

    Uyu munyamakuru ngo ni Dusingizimana Remy ntabwo yize umwuga pe! ni gute atinyuka akandika inkuru isebanya yatangajwe n’umuntu kugiti cye uhamije gusebanya (uretse ko ntekereza ko bamubeshyeye kereka niba atararezwe) mugihe nkiki , mu kinyamakuru kibonwa n’abantu benshi!

    Ndumva uyu mwanditsi akwiye koherezwa mu kigo ngororamuco cy’IWAWA kuko ibindi byo ntabyo azi pe.

    Murakoze

    Erega yihaye mwiseneza nuwomusatsi niminwa yamazwe nitabi sha uruwanshiri kabisa ngo numuhanzi abahinzise ninda wabonanye unusatsi nkawawe ngo aba muri kenya arabeshya nimubirunga ngira niwowe .........?m??? Ntiwongere ntasoni ngo aborozi wowembo korora ntiwabibasha keretse ukoresheje umuhoro.

    Nibijejembere Ubwiza Bwa Josiane Twe Twamutoye Turazi Aho Buri Ntidukanga Na Burya Buvuta Bisiga Nuyo Musore Yabivuze Bazomujane Indera

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa