skol
fortebet

Undi munyarwandakazi yerekanye ubwambure bwe

Yanditswe: Wednesday 28, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyarwandakazi Karuranga Mirage wamamaye ku kabyiniro ka Mimi Mirage yashyize hanze ifoto ye yambaye ikariso mu gihe gito ahita ayisibana kuri konte ye.
Umunyamidelikazi Mimi Mirage kuri ubu uri kubarizwa mu Rwanda aho asigaye akora ibijyanye no gucuruza imyenda igezweho yambarwa n’ bakobwa ndetse n’ abategarugori bakunda kurimba akomeje kujyenda akorera udushya kuri murandasi.
Ku munsi wejo hashije nibwo uyu munyamidelikazi yashyize ifoto kuri instagram ye yambaye ikariso ndetse n’ (...)

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi Karuranga Mirage wamamaye ku kabyiniro ka Mimi Mirage yashyize hanze ifoto ye yambaye ikariso mu gihe gito ahita ayisibana kuri konte ye.


Umunyamidelikazi Mimi Mirage kuri ubu uri kubarizwa mu Rwanda aho asigaye akora ibijyanye no gucuruza imyenda igezweho yambarwa n’ bakobwa ndetse n’ abategarugori bakunda kurimba akomeje kujyenda akorera udushya kuri murandasi.


Ku munsi wejo hashije nibwo uyu munyamidelikazi yashyize ifoto kuri instagram ye yambaye ikariso ndetse n’ andi mafoto atandukanye nyuma y’ igihe gito agahita ayisibana ibakwe kubwo kubona ko igikorwa yakoze kitamuhesheje icyubahiro.
DORE IFOTO YASHYIZE HANZE YAMBAYE IKARISO

YAHISE AYISIBA MU GIHE GITO

Si ubwambere uyu mukobwa avuzweho ibi bikorwa kuko kwikubitiro amenyekana mu Rwanda yaje kugaragara mu gitaramo kimwe cyari cyabereye i Remera yambaye ipantaro idasanzwe kuburyo abantu benshi baje kwibaza niba ari umunyarwandakazi bikaza kumenyekana nyuma ko akomoka mu Rwanda gusa atuye mu Bubiligi .

Uyu mukobwa yiyongereye ku rutonde rwa benshi mu banyarwandakazi bakunze kugaragaza ubwambure bwabo.

Ibitekerezo

  • aya mabuno ntakindi kiyabamo usibye amabyi na sida nibindi birwara nubugoryi gusa . mureke comment yange ihite .

    ko ntabwambure mbona ariko se muzamenya ryari ko hari abanyarwandakazi bafashe imico yaho bakuriye kwifotoza wambaye ikariso ntakibi kirimo cyane abanyamideli kuko niba kalvin aguhaye aagatubutse cyangwa dolce ngo wamamaze imyenda y’imbere ndumva nta nka iba icitse ibere ahubwo murakabya cyane rwose ubwambure nigihe wambaye buri buri nkuko wasohotse munda ya nyoko please mugabanye kuvangira abantu bishakira ubuzima

    Lolo ko numva uvugana umujinya bite?
    Nanjye ntyo Kay njye nta bwambure mbonye hano mujye mwirinda gukabya!yambaye bikini kandi njye ndanamukurikira arambara akikwiza rwose!

    Icyo uyu mukobwa bamukundira ni nacyo bamwe bamwangira!!! Ni mwiza cyane njye nkeka ntanundi nzi nanamugereranya nawe! Disi mureke umwana Imana yiremeye! None se abizire ...abanyarwanda mwagiye mushima koko!!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa