skol
fortebet

Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Yanditswe: Monday 26, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Umusore uvugwaho kuba yarahitanye nyakwigendera Moses Ssekibogo uzwi nka Mowzey Radio watabarutse taliki ya 1 Gashyantare uyu mwaka wa 2018 , Godfrey Wamala rurasubitse kuko ubushinjacyaha hari ibimenyetso butarabona
Wamala w’imyaka 28 yafatiwe mu karere ka Kyengera aho yari yihishe ku nshuti ye nyuma y’ uko yumvishe ko polisi ya Uganda iri kumushaka . Polisi yamutaye muri yombi ndetse ahita ajyanwa mu mugi wa Entebbe aho kugera afungiye kugera magingo aya. Polisi yatangaje ko urubanza rwe (...)

Sponsored Ad

Umusore uvugwaho kuba yarahitanye nyakwigendera Moses Ssekibogo uzwi nka Mowzey Radio watabarutse taliki ya 1 Gashyantare uyu mwaka wa 2018 , Godfrey Wamala rurasubitse kuko ubushinjacyaha hari ibimenyetso butarabona

Wamala w’imyaka 28 yafatiwe mu karere ka Kyengera aho yari yihishe ku nshuti ye nyuma y’ uko yumvishe ko polisi ya Uganda iri kumushaka . Polisi yamutaye muri yombi ndetse ahita ajyanwa mu mugi wa Entebbe aho kugera afungiye kugera magingo aya. Polisi yatangaje ko urubanza rwe rwamaze kwimurirwa italiki nyuma yaho bakomeze iperereza neza ngo hagaragare ibimenyetso byose bifatika ku rupfu rwa nyakwigengera Moses Ssekibogo .

Byari biteganyijwe ko urubanza rwa Godfrey Wamala rwari kuba taliki ya 26 Gashyantare ubu umuyobozi w’ urukiko rukuru rwa Entebbe ariwe Mary Kaitesi Lukwago yatangaje ko urubanza rwasubitswe mu gihe bagishaka ibimenyetso bifatika aho bazarusubukura taliki ya 16 Werurwe uyu mwaka .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa