Urutonde rw’ abahanzi nyarwanda 20 bakuze, bakiri ingaragu
Yanditswe: Friday 09, Feb 2018
Abantu badafite amafaranga bahorana inzozi zo kumva ko baramutse babonye amafaranga bahita bashinga ingo, gusa siko bimeze ku byamamare byo mu Rwanda kuko hari abo bizwi n’ abo bikekwa ko ikofi yabo ihagaze neza ariko udashobora kumvana igitekerezo cyo gushinga urugo mu minsi ya vuba n’ ubwo imyaka yabo imaze kuba myinshi.
Reba inkuru irambuye hano.
Abantu badafite amafaranga bahorana inzozi zo kumva ko baramutse babonye amafaranga bahita bashinga ingo, gusa siko bimeze ku byamamare byo mu Rwanda kuko hari abo bizwi n’ abo bikekwa ko ikofi yabo ihagaze neza ariko udashobora kumvana igitekerezo cyo gushinga urugo mu minsi ya vuba n’ ubwo imyaka yabo imaze kuba myinshi.
Reba inkuru irambuye hano.
Ibitekerezo
Impamvu nyamukuru ibuza aba STARS kurongora,nuko baryamana n’abakobwa benshi.Banga yuko baramutse barongoye,byababuza freedom yo kuryamana n’uwo bashatse.Ikindi kandi,hafi ya bose bafite abana b’ibinyendaro (bastards).
Gusa ndabibutsa ko gusambana ari icyaha cyizatuma millions nyinshi z’abantu babura ubuzima bw’iteka muli paradizo yenda kuza (1 Abakorinto 6:9,10).Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato hanyuma ukazapfa ntuzuke (Abagalatiya 6:8).Ni ukugira ibitekerezo bigufi cyane.