skol
fortebet

Urutonde rw’amafoto yaciye ibintu kuri uyu munsi

Yanditswe: Friday 09, Feb 2018

Sponsored Ad

Uko isi igenda itera imbere ni nako imbuga nkoranyambaga zigenda zigarurira imitima y’abantu benshi ndetse usanga na benshi mu byamamare ariho bicisha amakuru yabyo mu rwego rwo gusangiza abafana babyo ubuzima bwabyo bwa buri munsi. UMURYANGO twabateguriye urutonde rw’amafoto yiriwe acicikanya ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye kuri uyu munsi.
Umukobwa uzwi ku mazina ya Natacha Ndahiro ukunzwe cyane kuri Instagram aho akurikirwa n’abagera ku bihumbi mirongo itanu(50,000) kubera ikimero (...)

Sponsored Ad

Uko isi igenda itera imbere ni nako imbuga nkoranyambaga zigenda zigarurira imitima y’abantu benshi ndetse usanga na benshi mu byamamare ariho bicisha amakuru yabyo mu rwego rwo gusangiza abafana babyo ubuzima bwabyo bwa buri munsi. UMURYANGO twabateguriye urutonde rw’amafoto yiriwe acicikanya ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye kuri uyu munsi.

Umukobwa uzwi ku mazina ya Natacha Ndahiro ukunzwe cyane kuri Instagram aho akurikirwa n’abagera ku bihumbi mirongo itanu(50,000) kubera ikimero n’imiterere irangaza benshi. Uyu mukobwa ni nawe wagaragaye ku ifoto yamamaza indirimbo ya Bruce Melodie “Turaberanye”. Uyu mukobwa nta byinshi azwiho mu myidagaduro nyarwanda uretse gushyira hanze amafoto agaragaza imiterere ye.






Mu gihugu cya Uganda hagaragaye umusore usa cyane na nyakwigendera Moses Nakintije Ssekibogo wamenyekanye nka Mowzey Radio. Uyu musore ubwo yacaga imbere y’abantu bateze Bus baratunguwe cyane bikanze ko Radio yazutse. Gusa uyu musore ababwira ko bikunze kumubaho ko abantu bakunze kumwikanga bacyeka ko ari umuzimu dore ko asa nka Radio yaba imyambarire imiterere y’umubiri n’ibindi.

Nguyu umusore usa neza neza nka Radio
REBA HANO ANDI MAFOTO YAVUGISHIJE BENSHI}









Ibitekerezo

  • Iyi nkuru ntacyo imaze kbsa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa